Mu nama yabereye mu karere ka Rulindo yahuzaga abagize inama y’igihugu y’abagore mu turere n’urwego rw’intara, abagore basabwe kuba ari bo bafata iya mbere mu guhangana no kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo cyane cyane hagati y’abashakanye. Nk’uko abari muri iyi nama babivuga ngo umugore ni we mutima w’urugo, bityo ngo aramutse agize uruhare mu kugabanya [...]
Bahuje itsinda ryo kugurizanya amafaranga n’umugoroba w’ababyeyi
Abaturage bo mu mudugudu w’Agateme ho mu Murenge wa Tumba, Akarere ka Huye, ni bo biyemeje guhuza itsinda rigurizanya amafaranga n’umugoroba w’ababyeyi, nk’uburyo bwo kubasha kubona abantu bateraniye hamwe. Kamizikunze Theoneste, umuyobozi w’uyu mudugudu, avuga ko mbere yo guhuza amatsinda yo kugurizanya n’ayo kuganiriramo ibibazo byo mu ngo hagamijwe gukeburana nk’abaturanyi, ari wo mugoroba w’ababyeyi, [...]
Gisagara: Women urged to think outbox children bearing
Your job is not bearing children only but to develop, care for the children and develop your country, Hon. Deputy Speciose Mukandutiye has told women in Gisagara district. Deputy Mukandutiye said this during the women’s congress of National Women’s Council (NWC) representatives in Gisagara district. The women’s congress that attracted committee members of National Women’s [...]
GISAGARA: ABATEGARUGORI BAKWIYE KUMENYA GUTEZA IMBERE INGO ZABO N’IGIHUGU
Abategarugori bo mu karere ka Gisagara barasabwa kwita ku iterambere ry’umuryano ni iry’igihugu, bakamenya ko akazi kabo atari ukubyara gusa. Ibi bikaba ari ibyagarutsweho na hon.depute Speciose MUKANDUTIYE ubwo yasuraga abagize inama y’iguhugu y’abagore bo mu karere ka GISAGARA kuri iki cyumweru. Muri iyi congres yahuje abagize komite z’inama y’igihugu y’abagore kuva ku rwego rw’akagali [...]
Nyamagabe: Ababyeyi bigishijwe kubahiriza uburenganzira bw’abana hagamijwe guca ubuzererezi.
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 13/02/2013, ababyeyi barema isoko rya Nyamagabe riherereye mu murenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe bigishijwe ku burenganzira bw’abana, ndetse banibutswa inshingano zabo zo kwita ku bana hagamijwe guca ubuzererezi ndetse no kujya bajyana abana bose ku ishuri. Ibi byakozwe nyuma y’uko abana batagejeje ku myaka y’ubukure bazaga mu [...]
Men can work with women cooperatives too
One of exemplary men who work with women is James Niyonshuti, a man helping his wife as a professional in laying brick, tiles making and get more profit to develop their families than other members in Ingorihujababyeyi cooperative. Ingorihujababyeyi cooperative is a women’s cooperative they formed to stop unprofitable businesses like petty trading of fruits [...]
Gufatanya n’umugore we bituma babona inyungu iruta iy’abo bakorana
Niyonshuti James ni we ufatanya n’umugore we mu mwuga wo kubumba amatafari n’amategura maze bakabasha kubona inyungu iruta iy’abandi bari kumwe muri koperative Ingorihujababyeyi. Ubundi, iyi koperative Ingorihujababyeyi ni iy’abagore biyemeje kuva mu myuga yabazaniraga inyungu idafatika nko kubunza udutaro bacuruza imbuto, kubyuka babungana isuka bashaka abo bajya guhingira, n’iyindi. Abenshi mu bagize iri shyirahamwe [...]
Rulindo: understanding the need of child spacing
Parents have a responsibility to give birth to children they are able to take care of for children to have all their needs provided. Giving birth to children consecutively weakens mothers and restrains children from their rights. Most of the mothers in the past Rwandan communities are either nursing or pregnant time after time and [...]
Rwanda : Ababyeyi bagomba kubyara abo bashoboye kurera.
Bamwe mu babyeyi ngo basanga bagomba kubyara abo bashoboye kurera ,bityo nibura abana bakabasha kubaho neza bijyanye n’ubushobozi ababyeyi babo baba bafite. Kubyara abana b’indahekana kandi biri mu bituma umubyeyi asaza vuba nk’uko ababyeyi ubwabo usanga babyivugira. Ngo kuba umubyeyi yarabyaye abana benshi kandi b’indahekana bituma ahora afite intege nke kubera imiruho n’imihangayiko y’abo bana. [...]
Ntibisanzwe: bamwe mu abagore b’abanyarwandakazi banenga bagenzi babo babyaye abana benshi
Mu gihe bamwe mu banyarwanda n’abanyarwandakazi batumvaga neza inama bahabwa zo kuringaniza urubyaro, kubera gutsimbarara kumahame ajyanye n’amadini cyangwa imyumvire yabo bwite, ubu bamwe mubanyarwandakazi harimo n’abatuye icyaro usanga banenga bagenzi babo bakibyara abana benshi. Kuri uyu wa 7 Mutarama,2013 abagore 4 bo mu mirenge ya Hindiro na Matyazo mu karere ka Ngororero, bari mu [...]


