Archive | Family Issues RSS feed for this section

Abagore bo mu karere ka Rulindo barasabwa kugira uruhare mu kugabanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo.

Abagore bo mu karere ka Rulindo barasabwa kugira uruhare mu kugabanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo.

Mu nama yabereye mu karere ka Rulindo yahuzaga abagize inama y’igihugu y’abagore mu turere n’urwego rw’intara, abagore basabwe kuba ari bo bafata iya mbere mu guhangana no kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo cyane cyane hagati y’abashakanye. Nk’uko abari muri iyi nama babivuga ngo umugore ni we mutima w’urugo, bityo ngo aramutse agize uruhare mu kugabanya [...]

Read More 0 Comments

Bahuje itsinda ryo kugurizanya amafaranga n’umugoroba w’ababyeyi

Abaturage bo mu mudugudu w’Agateme ho mu Murenge wa Tumba, Akarere ka Huye, ni bo biyemeje guhuza itsinda rigurizanya amafaranga n’umugoroba w’ababyeyi, nk’uburyo bwo kubasha kubona abantu bateraniye hamwe. Kamizikunze Theoneste, umuyobozi w’uyu mudugudu, avuga ko mbere yo guhuza amatsinda yo kugurizanya n’ayo kuganiriramo ibibazo byo mu ngo hagamijwe gukeburana nk’abaturanyi, ari wo mugoroba w’ababyeyi, [...]

Read More 0 Comments

Gisagara: Women urged to think outbox children bearing

Your job is not bearing children only but to develop, care for the children and develop your country, Hon. Deputy Speciose Mukandutiye has told women in Gisagara district. Deputy Mukandutiye said this during the women’s congress of National Women’s Council (NWC) representatives in Gisagara district. The women’s congress that attracted committee members of National Women’s [...]

Read More 0 Comments

GISAGARA: ABATEGARUGORI BAKWIYE KUMENYA GUTEZA IMBERE INGO ZABO N’IGIHUGU

Abategarugori bo mu karere ka Gisagara barasabwa kwita ku iterambere ry’umuryano ni iry’igihugu, bakamenya ko akazi kabo atari ukubyara gusa. Ibi bikaba ari ibyagarutsweho na hon.depute Speciose MUKANDUTIYE ubwo yasuraga abagize inama y’iguhugu y’abagore bo mu karere ka GISAGARA kuri iki cyumweru. Muri iyi congres yahuje abagize komite z’inama y’igihugu y’abagore kuva ku rwego rw’akagali [...]

Read More 0 Comments

Nyamagabe: Ababyeyi bigishijwe kubahiriza uburenganzira bw’abana hagamijwe guca ubuzererezi.

Ababyeyi bigishijwe kubahiriza

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 13/02/2013, ababyeyi barema isoko rya Nyamagabe riherereye mu murenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe bigishijwe ku burenganzira bw’abana, ndetse banibutswa inshingano zabo zo kwita ku bana hagamijwe guca ubuzererezi ndetse no kujya bajyana abana bose ku ishuri. Ibi byakozwe nyuma y’uko abana batagejeje ku myaka y’ubukure bazaga mu [...]

Read More 0 Comments

Men can work with women cooperatives too

Men can work with women

One of exemplary men who work with women is James Niyonshuti, a man helping his wife as a professional in laying brick, tiles making and get more profit to develop their families than other members in Ingorihujababyeyi cooperative. Ingorihujababyeyi cooperative is a women’s cooperative they formed to stop unprofitable businesses like petty trading of fruits [...]

Read More 0 Comments

Gufatanya n’umugore we bituma babona inyungu iruta iy’abo bakorana

Gufatanya n’umugore we bituma babona inyungu iruta iy’abo bakorana

Niyonshuti James ni we ufatanya n’umugore we mu mwuga wo kubumba amatafari n’amategura maze bakabasha kubona inyungu iruta iy’abandi bari kumwe muri koperative Ingorihujababyeyi. Ubundi, iyi koperative Ingorihujababyeyi ni iy’abagore biyemeje kuva mu myuga yabazaniraga inyungu idafatika nko kubunza udutaro bacuruza imbuto, kubyuka babungana isuka bashaka abo bajya guhingira, n’iyindi. Abenshi mu bagize iri shyirahamwe [...]

Read More 0 Comments

Rulindo: understanding the need of child spacing

understanding the need of child spacing

Parents have a responsibility to give birth to children they are able to take care of for children to have all their needs provided. Giving birth to children consecutively weakens mothers and restrains children from their rights.  Most of the mothers in the past Rwandan communities are either nursing or pregnant time after time and [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Ababyeyi bagomba kubyara abo bashoboye kurera.

Ababyeyi bagomba kubyara abo bashoboye kurera.

Bamwe mu babyeyi ngo basanga bagomba kubyara abo bashoboye kurera ,bityo nibura abana bakabasha kubaho neza bijyanye n’ubushobozi ababyeyi babo baba bafite. Kubyara abana b’indahekana kandi biri mu bituma umubyeyi asaza vuba nk’uko ababyeyi ubwabo usanga babyivugira. Ngo kuba umubyeyi yarabyaye  abana benshi kandi b’indahekana bituma ahora afite intege  nke kubera imiruho n’imihangayiko y’abo bana. [...]

Read More 0 Comments

Ntibisanzwe: bamwe mu abagore b’abanyarwandakazi banenga bagenzi babo babyaye abana benshi

Mu gihe bamwe mu banyarwanda n’abanyarwandakazi batumvaga neza inama bahabwa zo kuringaniza urubyaro, kubera gutsimbarara kumahame ajyanye n’amadini cyangwa imyumvire yabo bwite, ubu bamwe mubanyarwandakazi harimo n’abatuye icyaro usanga banenga bagenzi babo bakibyara abana benshi. Kuri uyu wa 7 Mutarama,2013 abagore 4 bo mu mirenge ya Hindiro na Matyazo mu karere ka Ngororero, bari mu [...]

Read More 0 Comments

Gatsibo: Bikuye mu bukene babikesha kwibumbira hamwe mu mashyirahamwe

Abibumbiye mu mashyirahamwe Izere Ukore ikora ubukorikori na COPROCHA ihinga ibihumyo, agizwe n’abagore b’abapfakazi rikorera mu Murenge wa Kiramuruzi, Akarere [...]

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]

Rulindo: District donates cows to women coffee growers

Rulindo district administration has donated cows to the women coffee growers who embarked on improving coffee production in Rulindo district. [...]

Number of Women employees in health sector surpasses men

According to the gender statistics published by the National Institute of Statistics of Rwanda [NSIR], it was noted that more [...]

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 14 z’ukwa gatanu, 2013 mu mirenge  itandukanye mu karere ka Rulindo habereye igikorwa cyo [...]

RUSIZI: ABAGORE BARASABWA KUDAHERANWA N’UBUKENE

Abagore bagera kuri 56 bo mu karere ka Rusizi  barakangurirwa kumenya  Gutegura no gucunga neza imishinga ibabyarira inyungu, ibi babisabwe [...]