Archive | Success Stories RSS feed for this section

Muhoza – Abagore barenga 270 biyemeje gukora ubucuruzi bunyuze mu mucyo

Muhoza - Abagore barenga 270 biyemeje gukora ubucuruzi bunyuze mu mucyo

Abagore barenga 270 bo mu murenge wa Muhoza akarere ka Musanze bari basanzwe bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka ariko bakabererekera gasutamo ngo batakwa imisoro, biyemeje kwisubiraho, bakibumbira muri koperative kuko aribwo bazabasha gutera imbere. Aba bagore bamaze amezi atatu baribumbiye mu matsinda, bavuga ko bo ubwabo bafashe icyemezo cyo guhagarika uwo mwuga, dore ko iyo bafatwaga [...]

Read More 0 Comments

Rwanda I Burera: Kurera abana banzwe n’ababyeyi babo byabaye nk’umurage kuri we

Burera: Kurera abana banzwe n’ababyeyi babo byabaye nk’umurage kuri we

Hakizimana Liberatha utuye mu murenge wa Rugengabari, akarere ka Burera avuga ko kurera abana banzwe n’ababyeyi babo ari nk’umurage kuri we ngo kuko kuva yashaka umugabo yareze bene abo bana benshi. Uyu mubyeyi uri mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko avuga ko yashatse umugabo mu mwaka wa 1979. Nyuma y’umwaka umwe ashatse yahise atangira kurera abana [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Rutsiro : Yiteje imbere abikesheje guhinga, korora no gutwika amatafari n’amategura

Yiteje imbere abikesheje guhinga, korora2

        Umubyeyi witwa Uwiragiye Scolastique, utuye mu murenge wa Ruhango mu karere ka Rutsiro avuga ko yihaye intego yo kutazigera asabiriza isabune n’umunyu ku mugabo, iyo ntego ye akaba yarayigezeho abikesheje guhinga, korora ndetse no gutwika amatafari n’amategura. Uwiragiye Scolastique arubatse, akaba afite umugabo, abana batandatu n’umwuzukuru umwe. Avuga ko yabayeho ari [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Ngororero: Umugore yahembewe ko yaharaniye kwigira

Umugore yahembewe ko yaharaniye kwigira

Mutuyimana Anonciata wo mu kagali ka Torero umurenge wa Ngororero mu karere ka Ngororero yahembwe na bagenzi be kubera ukuntu yagaragaje ibikorwa by’indashyikirwa mu kugerageza kwibeshaho adategereje inkunga ziturutse hanze. Nkuko uyu mugore abivuga, mu myaka itatu ibanziriza 2012, Mutuyimana yari mucyiciro cy’abatindi aho yahabwaga ubufasha na Leta, ariko inkunga abonya akazibyaza undi musaruro. Mutuyimana [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Rutsiro : Afite intego yo kugera ku nka n’inzu ahereye ku rukwavu

Rutsiro Afite intego

Umubyeyi witwa Nyiransabimana Beatrice asanga gutera imbere ahereye kuri bicye bishoboka, akavuga ko icy’ingenzi mu buzima ari ukugira intego. Ibi abihera ku mugambi afite wo kugera ku nka n’inzu mu minsi iri imbere ahereye ku rukwavu yahawe n’abagiraneza nyamara we akabanza kurusuzugura. Nyiransabimana Beatrice, atuye mu kagari ka Mageregere mu mudugudu wa Gitega mu murenge [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Ruhango: inguzanyo y’amafaranga 300 yatumye ashobora kwiyubakira inzu

Umubyeyi Niyimpaye Epiphany utuye mu murenge wa Byimana mu karere ka Ruhango,yatangiye gukorana n’amatsinga afite amafaranga 300 yagurijwe n’umuntu bituma abasha kwiyubakira inzu y’ibyumba bine. Niyimpaye avuga ko yamenye ubwenge nta se na nyina agira, atishoboye ku buryo yashakaga aho avana amafaranga yo kwiteza imbere ntahabone. Mu mwaka wa 2011 yaje kubwirwa na bagenzi be [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Yahereye ku biceri 40 none amaze kwiteza imbere

rwanda : Yahereye ku biceri 40

Uyu wahereye ku mafaranga 40 none akaba amaze gutera imbere ni uwitwa Mukandagano Annonciata, umubyeyi utuye mu Murenge wa Huye, ho mu Karere ka Huye. Kuba yariteje imbere, byamuviriyemo guhembwa n’ubuyobozi bw’akarere ka Huye, bwamuhaye icyemezo cy’ishimwe ndetse n’amafaranga 200.000. Hari ku munsi wo gutangiza igihe cy’iminsi 16 yo kurwanya ihohoterwa ryo mu ngo. Mukandagano [...]

Read More 0 Comments

Rwanda |Kivuruga: Abagore biteza imbere batera imyenda amarangi nticuyuke

Abagore barimo gutera imyenda amarangi. (Photo: N. Leonard)  Abagore bo mu Murenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke bibumbiye mu ishyirahamwe batangiye kwiteza imbere batera imyenda amarangi. Batangaza ko mu gihe indi myenda icuyuka, ngo iyabo ifite umwihariko kuko idashobora gucuyuka. Abo bagore bemeza amafaranga bakura muri ako kazi yunganira abagabo mu kwita kun go [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Burera: rearing pigs made me successful- Resident

rearing pigs made me successful- Resident

Rearing pigs has been the most important decision I have ever made says Felicita Mukeshamungu a resident of Rugarama sector in Burera district. Owning a piggery has lifted her from great misery of poverty and elevated her social and economic welfare. This exemplary woman started with one pig of which he bought at Rwf20.000, it [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Igiceri cy’amafaranga ijana cyabafashije guca nyakatsi kuburiri

Zimwe muri Matora zatanzwe na koperative Dusasirane

  Abagore bari muri koperative Dusasirane yo mu mudugudu wa Kabeza  mu murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka Gicumbi,bamaze gufashanya muri byinshi babikesha gutanga umugabane w’amafaranga 100 gusa. Ibi rero babikoze nyuma yo gusobanukirwa neza gahunda za Leta zo kwitabira gukorera hamwe maze bahera ku gikorwa cyo guca nyakatsi yo kuburiri. Aba bagore bibumbiye muri koperative [...]

Read More 0 Comments

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]

Rulindo: District donates cows to women coffee growers

Rulindo district administration has donated cows to the women coffee growers who embarked on improving coffee production in Rulindo district. [...]

Number of Women employees in health sector surpasses men

According to the gender statistics published by the National Institute of Statistics of Rwanda [NSIR], it was noted that more [...]

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 14 z’ukwa gatanu, 2013 mu mirenge  itandukanye mu karere ka Rulindo habereye igikorwa cyo [...]

RUSIZI: ABAGORE BARASABWA KUDAHERANWA N’UBUKENE

Abagore bagera kuri 56 bo mu karere ka Rusizi  barakangurirwa kumenya  Gutegura no gucunga neza imishinga ibabyarira inyungu, ibi babisabwe [...]

Ngoma: Abagore bibumbiye mu muryango “Mothers Union” wo mu itorero rya EAR Musamvu bakoze amasengesho yo gusabira ingo

Mugihe hashize iminsi hirya no hino mu Rwanda  havugwa imibanire mibi mu bashakanye ndetse binavamo  ubwicanyi hagati yabo, abagore 97 [...]