Archive | Women Problems RSS feed for this section

Ngoma: Abagororwa n’abafungwa b’ abagore bo muri gereza nkuru ya Kibungo bizihije umunsi w’abagore

Abagororwa n’abafungwa b’abagore bo muri gereza nkuru ya Kibungo barashima ibikorwa bavuga ko bitabasigaye inyuma mu iterambere dore ko  ubu baniga indimi bakanakora ibikorwa by’ubukorikori. Abagore bavuze ibi kuri uyu wa 4/4/2013 ubwo bizihizaga umunsi mpuzamahanga w’umugore aho bari muri gereza nkuru ya Kibungo. Aba bagore bavuga ko kuba biga imyuga n’ ubukorikori bari muri [...]

Read More 0 Comments

Kamonyi: lack of collateral hinders women from getting loans

Many women in Gacurabwenge sector Kamonyi District still have problems with getting guarantee to be able to acquire loans so they can be able to work and develop themselves. Many of them said that they mainly do farming, and therefore this requires them to get formed in groups so they can be able to get [...]

Read More 0 Comments

Kamonyi: Abagore baracyafite imbogamizi yo kubona ingwate ngo bahabwe inguzanyo

Mu gihe abagore bakangurirwa guharanira kwiteza imbere mu bukungu, bamwe mu bagore bo mu murenge wa Gacurabwenge, batangaza ko kugirango babona amafaranga yo gukoresha bifashisha amatsinda. ariko ngo ibyo ntibihagije kuko bakeneye aho bakura ingwate yo kubafasha kubona inguzanyo zitubutse. Abagore twaganiriye, batuye mu mudugudu wa Karama, akagari ka Gihinga, bavuga ko bakora imirimo y’ubuhinzi. [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | UMUCO WAGIRAGA URUHARE MU IHOHOTERWA RY’IGITSINA GORE

Nyagatare: Kuba hari ibyahindutse mu muco nko guhabwa umunani no kwiga ku mwana w’umukobwa bitanga icyizere ko ihohoterwa rikorerwa abagore rizaranduka burundu. Ibi ni ibyatangajwe na Gikoko Jane uhagarariye inama nkuru y’abagore mu karere ka Nyagatare ni mu muhango wo gusoza iminsi 16 yahariwe kurandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Muri uyu muhango kandi Imiryango 29 [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Kayonza: Abahoze bakora uburaya mu rugamba rwo gushishikariza abakiri mu buraya kubuvamo

Rwanda : Kayonza Abahoze bakora

Ishyirahamwe ryitwa Dushishoze ry’abagore n’abakobwa bahoze bakora uburaya mu karere ka Kayonza, riri gukangurira abakobwa n’abagore bagikora uburaya muri ako karere kubuvamo. Ni nyuma y’aho abo bagore bigishijwe n’imiryango itandukanye ifite kurwanya SIDA mu nshingano za yo. N’ubwo abo bagore n’abakobwa bamaze imyaka myinshi bakora uburaya, bavuga ko nta nyungu babubonyemo, iyo ikaba ariyo mpamvu [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : When you don’t have to take your child to school

When you don’t have to take your child to school

As mothers, we all know how worrying it is when you get called by a school that your child is sick and we also know how impatient a child grows when you make him/her stay at home because of sickness. Sometimes as a parent you decide to let the child go to school hoping the [...]

Read More 0 Comments

Rwanda: Should you take your toddler to a day care?

Rwanda Should you take your toddler

Many mothers out there are struggling to balance everything in life and that is to say work, home, kids, finances, husbands, boyfriends, and many others and many are affected by the guilt each morning you leave your toddler at home or in a day care. Parenting is a full time job no matter what you [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Teaching your children bedroom sharing

Due to the social and financial conditions affecting most of the families in Rwanda, as a parent you may decide to make children share a bedroom which by the way fosters a closer relationship between your kids. Sharing a bedroom definitely has its pros and cons as it can result in a blissful union between [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Muhanga district celebrates girl child day as one girl testifies her heroic life

  Nyiracumi was impregnated at a young age of 19 years during her secondary school, after the man who made her pregnant denied her pregnancy and her family turned their back on her she moved on with her life and developed herself. Nyiracumi a resident of Muhanga district told her life story on the 11th.Oct.2012 [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Nubwo yatewe inda akiri umwana bakanamwihakana yarabirenze yiteza imbere

Nubwo yatewe inda

Kuri ubu Nyiracumi wo mu karere ka Muhanga ni umukobwa watewe inda akiga mu mashuri yisumbuye, ubwo yari afite imyaka 19. Nyuma y’uko uwamuteye inda n’umuryango we bamutereranye yahisemo kubirenga akiteza imbere. Ibi akaba yabitangaje kuri iyi tariki ya 10/11/2012, ubwo mu Rwanda ndetse no ku isi yose bizihizaga umunsi wahariwe umwana w’umukobwa. Hari mu [...]

Read More 0 Comments

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]

Rulindo: District donates cows to women coffee growers

Rulindo district administration has donated cows to the women coffee growers who embarked on improving coffee production in Rulindo district. [...]

Number of Women employees in health sector surpasses men

According to the gender statistics published by the National Institute of Statistics of Rwanda [NSIR], it was noted that more [...]

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 14 z’ukwa gatanu, 2013 mu mirenge  itandukanye mu karere ka Rulindo habereye igikorwa cyo [...]

RUSIZI: ABAGORE BARASABWA KUDAHERANWA N’UBUKENE

Abagore bagera kuri 56 bo mu karere ka Rusizi  barakangurirwa kumenya  Gutegura no gucunga neza imishinga ibabyarira inyungu, ibi babisabwe [...]

Ngoma: Abagore bibumbiye mu muryango “Mothers Union” wo mu itorero rya EAR Musamvu bakoze amasengesho yo gusabira ingo

Mugihe hashize iminsi hirya no hino mu Rwanda  havugwa imibanire mibi mu bashakanye ndetse binavamo  ubwicanyi hagati yabo, abagore 97 [...]