Archive | Women Problems RSS feed for this section

Rwanda : Chasing away pregnant girls from home leads them to prostitution

As the number of girls giving birth before marriage increases primary school girls inclusive, some parents have resorted to chasing their own daughters away from home to avoid shame. Mrs. Jeanne Nyirakamana, a member of Huye district advisory council raised this concern while talking to the women representatives from all sectors of the district. “We [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Hari aho abagore bakibuzwa kwegera imizinga y’inzuki mu gihe cyose bagiye mu mihango

Rwanda | Hari aho abagore

Mu muco nyarwanda wa cyera, abagore n’abakobwa cyane cyane abagiye imugongo cyangwa abari mu mihango babuzwaga kwegera imizinga y’inzuki kugirango batava aho bazitera umwaku. Nk’uko bitangazwa na bamwe mu basaza ba cyera, bakoraga umwuga w’ubuvumvu no kugeza magingo aya bakaba bakiwukora, ngo byari bibujijwe ko umugore yakwegera umuzinga w’inzuki kuko yashoboraga gutuma zidakora ubuki nk’uko [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Kwirukana abakobwa babyaye ni ukubashora mu buraya

Umubare w’abana b’abakobwa babyara batarashaka kuri iki gihe ugenda wiyongera, ku buryo hasigaye haboneka n’abakiga mu mashuri abanza babyara. Ikibabaje ni uko ababyeyi batabasha kwihanganira abana babo, bakabirukana mu rugo. Ese kubirukana si uburyo bwo kubashora mu buraya? Ubwabyo se si ukubahohotera? Izi mpungenge zagaragajwe na Madamu Jeanne Nyirakamana, umwe mu bagize njyanama y’Akarere ka [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Ubukene ntibukwiye kuba intandaro yo kwiyandarika-Hon Mukakanyamugenga

Depite Mukakanyarugenga Jacqueline arasaba abakobwa n’abagore kutitwaza ubukene ngo bumve ko bakwiye kwiyandarika kuko atariwo muti wabwo. Ibi uyu mudepite yabitangarije mu nama yagiranye n’abagore bari mu nzego zifata ibyemezo mu karere ka Muhanga yabaye kuri uyu wa 24/09/2012. Avuga ko hari abakobwa batari bake kimwe na bamwe mu bagore bitwaza ko bafite ubukene bagashukwa [...]

Read More 0 Comments

Rwanda: How to take care of your newborn, important knowhow for mothers

How to take care of your newborn,

Most women in rwanda when preparing to give birth, they usually look for the company of an experienced older woman to help in the first days of delivery especially the mother, mother-in-law or an aunt. This method  always works as it leave you ready to do it well, however there are basics for those who [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : How would you tell your child that she is a product of rape?

How would you tell your child that she is a product of rape

The details surrounding the birth of anyone who is not the product of planned pregnancy can be a touchy subject and the most sensitive of all circumstances regarding one’s conception is being conceived by rape. Let’s take an example of several Rwandan women who were raped and defiled during the 1994 genocide against Tutsis and [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : AVEGA members cautioned on helping orphans

AVEGA members cautioned on helping orphans

AVEGA members were asked to take care of orphans and the aged people in their community. This was said during the 6 congress of AVEGA members that was held in Butare town on the 2nd.Aug.2012. Among the genocide widows, there are those who lost their children and husbands without anyone to care upon them and [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Abanyamuryango ba AVEGA barasabwa kwita ku mfubyi, inshike n abasaza

Iki cyifuzo cyagarutsweho

Iki cyifuzo cyagarutsweho n’abagiye bafata ijambo muri Kongere ya 6 ya AVEGA yabereye mu mujyi wa Butare kuri uyu wa 2 Kamena,2012. Nk’uko byagaragajwe, mu bapfakazi ba jenoside harimo ab’inshike batagira ubitaho, abenshi muri bo kandi bakaba bagenda basaza, ku buryo usanga nta mbaraga zo gukora bagifite. Jean de Dieu Udahemuka wari waje muri iyi [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Mukandekezi yari amaze imyaka myinshi yubahiriza amahame y uko umugore ari uw umuryango

Rwanda | Mukandekezi yari

Umugore witwa Mukandekezi A. ufungiye muri gereza ya Gitarama avuga ko yari amaze imyaka myinshi akurikiza umuco wa cyera uvuga ko umugore ari uw’umuryango nk’uko yari yarabisabwe na nyina umubyara. Mukandekezi uri mu kigero cy’imyaka 45 avuga ko ubwo yajyaga gushyingirwa, nyina yabanje kumuha impanuro zo kujya yubaha umugabo we ndetse akubaha n’umuryango wo kwa [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Muhanga: Abagabo barashinjwa guta abagore babo bakigira mu mijyi

Bamwe mu bagore bo mu karere ka Muhanga baratangaza ko bafite ikibazo cy’abagabo bashakanye babata bakigira mu mijyi bababeshya ko bagiye gushaka amaramuko. Aba bagore bavuga ko abagabo babo bakunze gutorokera ingo zabo mu mujyi wa Kigali bavuga ko bagiye gushaka akazi, aba bagabo kandi ngo bakunze kugenda mu gihe urugo rubakeneye kuko ngo bagenda [...]

Read More 0 Comments

Rulindo: Ihuriro ry’abagore bakora umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda ARFEM ryasuye abaturage.

Kuri uyu wa kabiri tariki 22/5/2013, mu karere ka Rulindo, habereye igikorwa cyo kuganira n’abaturage hagati y’ihuriro ry’abagore bakora umwuga [...]

Gatsibo women applaud cooperatives in Poverty reduction

The members of Izere Ukore cooperative that does crafts compositions and COPROCHA cooperative that grows mushrooms say forming cooperatives and [...]

Nyamirama: Rwanda women in crafts compositions

Women working with Save Our Souls (SOS) Rwanda in Nyamirama Sector Kayonza district call upon their fellow women to come [...]

Women’s hope reviving through sowing & knitting training

Fifty two underprivileged young women and girls are attending three-month training in sowing and knitting conducted by ‘Rise to Shine’ [...]

Gatsibo: Bikuye mu bukene babikesha kwibumbira hamwe mu mashyirahamwe

Abibumbiye mu mashyirahamwe Izere Ukore ikora ubukorikori na COPROCHA ihinga ibihumyo, agizwe n’abagore b’abapfakazi rikorera mu Murenge wa Kiramuruzi, Akarere [...]

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]