As the number of girls giving birth before marriage increases primary school girls inclusive, some parents have resorted to chasing their own daughters away from home to avoid shame. Mrs. Jeanne Nyirakamana, a member of Huye district advisory council raised this concern while talking to the women representatives from all sectors of the district. “We [...]
Rwanda : Hari aho abagore bakibuzwa kwegera imizinga y’inzuki mu gihe cyose bagiye mu mihango
Mu muco nyarwanda wa cyera, abagore n’abakobwa cyane cyane abagiye imugongo cyangwa abari mu mihango babuzwaga kwegera imizinga y’inzuki kugirango batava aho bazitera umwaku. Nk’uko bitangazwa na bamwe mu basaza ba cyera, bakoraga umwuga w’ubuvumvu no kugeza magingo aya bakaba bakiwukora, ngo byari bibujijwe ko umugore yakwegera umuzinga w’inzuki kuko yashoboraga gutuma zidakora ubuki nk’uko [...]
Rwanda : Kwirukana abakobwa babyaye ni ukubashora mu buraya
Umubare w’abana b’abakobwa babyara batarashaka kuri iki gihe ugenda wiyongera, ku buryo hasigaye haboneka n’abakiga mu mashuri abanza babyara. Ikibabaje ni uko ababyeyi batabasha kwihanganira abana babo, bakabirukana mu rugo. Ese kubirukana si uburyo bwo kubashora mu buraya? Ubwabyo se si ukubahohotera? Izi mpungenge zagaragajwe na Madamu Jeanne Nyirakamana, umwe mu bagize njyanama y’Akarere ka [...]
Rwanda : Ubukene ntibukwiye kuba intandaro yo kwiyandarika-Hon Mukakanyamugenga
Depite Mukakanyarugenga Jacqueline arasaba abakobwa n’abagore kutitwaza ubukene ngo bumve ko bakwiye kwiyandarika kuko atariwo muti wabwo. Ibi uyu mudepite yabitangarije mu nama yagiranye n’abagore bari mu nzego zifata ibyemezo mu karere ka Muhanga yabaye kuri uyu wa 24/09/2012. Avuga ko hari abakobwa batari bake kimwe na bamwe mu bagore bitwaza ko bafite ubukene bagashukwa [...]
Rwanda: How to take care of your newborn, important knowhow for mothers
Most women in rwanda when preparing to give birth, they usually look for the company of an experienced older woman to help in the first days of delivery especially the mother, mother-in-law or an aunt. This method always works as it leave you ready to do it well, however there are basics for those who [...]
Rwanda : How would you tell your child that she is a product of rape?
The details surrounding the birth of anyone who is not the product of planned pregnancy can be a touchy subject and the most sensitive of all circumstances regarding one’s conception is being conceived by rape. Let’s take an example of several Rwandan women who were raped and defiled during the 1994 genocide against Tutsis and [...]
Rwanda : AVEGA members cautioned on helping orphans
AVEGA members were asked to take care of orphans and the aged people in their community. This was said during the 6 congress of AVEGA members that was held in Butare town on the 2nd.Aug.2012. Among the genocide widows, there are those who lost their children and husbands without anyone to care upon them and [...]
Rwanda : Abanyamuryango ba AVEGA barasabwa kwita ku mfubyi, inshike n abasaza
Iki cyifuzo cyagarutsweho n’abagiye bafata ijambo muri Kongere ya 6 ya AVEGA yabereye mu mujyi wa Butare kuri uyu wa 2 Kamena,2012. Nk’uko byagaragajwe, mu bapfakazi ba jenoside harimo ab’inshike batagira ubitaho, abenshi muri bo kandi bakaba bagenda basaza, ku buryo usanga nta mbaraga zo gukora bagifite. Jean de Dieu Udahemuka wari waje muri iyi [...]
Rwanda : Mukandekezi yari amaze imyaka myinshi yubahiriza amahame y uko umugore ari uw umuryango
Umugore witwa Mukandekezi A. ufungiye muri gereza ya Gitarama avuga ko yari amaze imyaka myinshi akurikiza umuco wa cyera uvuga ko umugore ari uw’umuryango nk’uko yari yarabisabwe na nyina umubyara. Mukandekezi uri mu kigero cy’imyaka 45 avuga ko ubwo yajyaga gushyingirwa, nyina yabanje kumuha impanuro zo kujya yubaha umugabo we ndetse akubaha n’umuryango wo kwa [...]
Rwanda | Muhanga: Abagabo barashinjwa guta abagore babo bakigira mu mijyi
Bamwe mu bagore bo mu karere ka Muhanga baratangaza ko bafite ikibazo cy’abagabo bashakanye babata bakigira mu mijyi bababeshya ko bagiye gushaka amaramuko. Aba bagore bavuga ko abagabo babo bakunze gutorokera ingo zabo mu mujyi wa Kigali bavuga ko bagiye gushaka akazi, aba bagabo kandi ngo bakunze kugenda mu gihe urugo rubakeneye kuko ngo bagenda [...]

