Umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko wo mu mujyi wa Nyanza yafashwe ku ngufu mu mwaka wa 2010. Ubwo yari umunyeshuli wigaga mu mwaka wa karindwi w’amashuli y’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 9 (9YBE) muri G.S – Gikonko aterwa inda y’abana babiri b’impanga. Uwo mukobwa avuga ko yafashwe ku ngufu ubwo hari mu masaha y’akabwibwi, yagiye gusura abantu [...]
Ngoma: Hari abagore bakoreshwa imibonano mpuzabitsina mu buryo budasanzwe
Kimwe mu bintu bifatwa nk’ihohotera ni ugukoreshwa imibonano mpuzabitsina utabishaka cyangwa mutabyumvikanyeho. Muri iyi minsi hari irindi hohotera rikorerwa abagore rishingiye ku gukora imibonano mpuzabitsina ryagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe n’umuryango utegamiye kuri leta witwa Association de Recherche et d’Apui aux Mouvement Associations(ARAMA). ARAMA mu bushakashatsi bwayo yakoreye mu karere ka Ngoma mu mwaka wa 2009-2010 ku [...]
Nyamagebe: abategarugori barifuza ko amabanki yakwihutisha inguzanyo kuko iyo itinze ibahombya
Kayitesi atanga ubuhamya bw’ibyamubayeho Bamwe mubategarugori bavuga ko kugirango bahabwe inguzanyo bibasba gusirisimba kumabanki bityo bikabatera igihombo. Uwitwa Kayitese Christine ni rwiyemeza mirimo mu karere ka Nyamagabe, avuga ko yatangiye kwaka inguzanyo muri banki akaza kuyibona nyuma y’imyaka 8. Igitekerezo cyo kwaka inguzanyo yagitewe n’ikigega cy’abagore cyakoreraga muri mijeprof kuko cyabishingiraga mu mabanki. Kayitesi yabanje [...]
Huye residents urged to fight domestic violence
Huye district residents and officials on 13th December 2011 convened in Kinazi sector in celebrations to conclude officially the 16 days of activism against gender based violence. The 16 days of activism are aimed at mobilizing, advocating and the sensitizing of people on the dangers of gender based violence such as trauma and family wreckage. [...]
Ngoma: kubigisha imyuga ntibibabuza gusubira mu buraya
Nubwo ikigo centre Dushishoze cyo mu karere ka Ngoma cyatangije gahunda yo kwigisaha abahoze ari indaya imyuga ngo babone uko bakwishakira amikoro, abahugurwa bo bavuga ko kubera kubura aho bakorera ibyo bize bituma basubira mu buraya. Centre Dushishoze yo mu karere ka Ngoma yatangije gahunda yo kwigisha umwuga wo gutunganya imisatsi abakobwa bakoraga umwuga w’uburaya [...]
Women are yet to Understand the recent passed, family law.
Currently Rwandan women have a law that is passed that allows them to inherit property, commonly known as Guhabwa Umunani; however they are still not aware of the law. Most women in Ruhango District have no idea what the law is all about. Olive Ufitemariya, a Ruhango women representative said that most women in the [...]
Nyiraneza yahisemo umwiko aho gusabiriza
Nyiraneza Anastasie ni umugore w’imyaka 34 y’amavuko uba mu Karere ka Karongi, Intara y’Uburengerazuba. Yatandukanye n’uwari umufasha we, amusigana abana 3, babili bari kumwe nawe, undi yamwohereje kwa nyirakuru wabo. Mu minsi ya mbere akimara gutana n’umugabo, NYIRANEZA ngo ubuzima ntibwamworoheye ku buryo no kubona icyo agaburira abana byari ibintu bigoye cyane dore ko no [...]
“I’M NOT RICH, BUT I’M ABLE TO SURVIVE”, SAID 34 NYIRANEZA, A LADY FROM KARONGI.
34 years old NYIRANEZA Anastasie lives in Karongi district, the Western Province. She’s divorced and has 3 children. Two live with her, and one lives with the grandmother. In the beginning, it wasn’t easy for her to live when she divorced her husband. With 2 children to look after, life was so hard. So she [...]
Gatumba : Abagore bamaganye ku mugaragaro ihohoterwa rikorerwa bagenzi babo
Nyuma yuko hatangijwe icyumweru cyo kurwanya ihohoterwa mu gihugu cy’urwanda, abagore bo mu karere ka ngororero nabo bahuriye mu murenge wa Gatumba, maze bakora urugendo rugamije kwamagana ihohoterwa rikorerwa abagore. Urwo rugendo rwaturutse ku biro by’umurenge wa Gatumba rwerekeza mu centre y’ubucuruzi ya Rusumo aho abari n’abategarugori bari bitwaje ibyapa byamagana ihohoterwa rikorerwa bagenzi babo. [...]
Nyamasheke: Barasabwa kugira ingo zizira ihohoterwa.
Kimwe n’ahandi ku isi, mu karere ka Nyamasheke hatangijwe iminsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa, mu rwgo rw’akarere iki gikorwa cyatangirijwe mu murenge wa Bushenge. Abategarugori bari mumuhango wo gutangiza iki gikorwa bavuze ko ahanini ihohoterwa rikorerwa abagore rishingira ku mitungo, aho abagabo baba bashaka kuyiharira ndetse no kuyicunga bonyine. Ikindi bagaragaje nk’inkomoko y’ihohoterwa ribagirirwa ni [...]


