Archive | Womens Health RSS feed for this section

What expectant, Breastfeeding Mothers must eat

What expectant, Breastfeeding Mothers must eat

Pregnant and breastfeeding women need a lot of care There are so many things a pregnant and breast feeding woman needs to do to make sure that her health and that of the baby is in proper condition, as said by the ministry of health. In the first place, these women need to go for [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Hari byinshi by’ingenzi abagore batwite n’abonsa bakeneye kugira ngo ubuzima bwabo n’ubw’abana burusheho kugenda neza

Umubyeyi utwite n’uwonsa basabwa kwitwararika no kwitabwaho by’umwihariko

Umubyeyi utwite cyangwa wonsa akeneye kwitabwaho byihariye. Nk’uko tubikesha imfashanyigisho ya Minisiteri y’ubuzima,ku bijyanye n’uburyo umugore utwite n’uwonsa barinda ubuzima bwabo. Abagore batwite bakeneye kujya gupimisha inda nibura inshuro 4mbere yo kubyara,bahereye ku mezi atatu ya mbere.Bakeneye kunywa amazi meza kandi menshi buri munsi. Kwirinda kunywa icyayi cyangwa ikawa mu gihe cyo kurya n’igihe cyose [...]

Read More 0 Comments

Alice X-commercial sex worker leads campaign against prostitution

Girls and women have been advised to learn and train in different arts and crafts or technical skills instead of seeking cheap and highly risky money from prostitution, according to Alice Mukashyaka a woman who stopped her profession of prostitution in Kayonza District. Mukashyaka said that most of the young girls she met through prostitution [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : “Urubyiruko rw’abakobwa rukwiye kwiga ubukorikori aho kwishora mu buraya” – Umugore wakoraga uburaya

m_Urubyiruko rw’abakobwa rukwiye kwiga ubukorikori aho kwishora mu buraya” - Umugore wakoraga uburaya

Umwe mu bagore n’abakobwa bahagaritse gukora uburaya mu karere ka Kayonza witwa Mukashyaka Alice, arasaba abana b’abakobwa kwiga ubukorikori aho gushakira amafaranga mu buraya. Mukashyaka avuga ko abana b’abakobwa benshi bahuriye mu buraya bavugaga ko babugiyemo kubera ibibazo by’ubukene, bagakora uburaya bashaka gukira. Yongeraho ko n’ubwo abana b’abakobwa benshi bajya mu buraya bahunze ubukene n’ubundi [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : ARBEF trains women on family planning, sexual relations

The Rwandan Association for the Promotion of Family Welfare (ARBEF) has prepared training for women in Ruganda, Gashari, Rubengera and Gishyita sectors in Karongi district meant to increase their knowledge on family planning, sexual relations and how to discuss with their children about their reproductive health. The vice president of ARBEF in the western province [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Karongi : ARBEF yahuguye abagore ku kuboneza urubyaro n’ubuzima bw’imyororokere

Ishyirahamwe nyarwanda riharanira imibereho myiza y’umuryango ( ARBEF) ryateguriye bamwe mu bagore bo mu mirenge ya Ruganda, Gashari, Rubengera na Gishyita yo mu karere ka Karongi amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro, ubumenyi ku bijyanye n’imikoreshereze myiza y’ibitsina, ndetse no kubashishikariza kuganiriza abana babo ibirebana n’ubuzima bw’imyororokere. Ayo mahugurwa y’iminsi ibiri yasojwe [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Kanseri y’ibihaha ikomeje kwibasira abagore

Kanseri y’ibihaha ni indwara ikunze kwibasira igitsina gore. Mu bimenyetso bikunze kugaragaza iyo ndwara harimo gukorora cyane. Iyo nkorora iyo imaze iminsi itangira gutera ububabare uyirwaye ndetse, agatangira no kubabara amagufwa. Igihe umurwayi yumva akomeje kumererwa nabi ngo agomba guhita yihutira kwisuzumusha kwa muganga kuko ashobora kuba afite kanseri yo mu bihaha. Mu bindi bimenyetso [...]

Read More 0 Comments

Rwanda: adopting a healthy lifestyle, one way to avoid illness

Rwanda adopting a healthy lifestyle,

We have all heard that with weight loss, one has to have a healthy lifestyle, a difficult exercise to maintain but also possible and efficient if one is determined. A healthy lifestyle is created and obviously combined with exercise with exercising program, the weight loss you have always desired and put on hold can be [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Ways to handle your morning sickness

Ways to handle your morning sickness

Morning sickness is the most terrible sign of all pregnancy signs a woman can encounter. This is condition affects about 85% of all pregnant women; it usually begins at around the fourth week of pregnancy and resolves itself around 12 weeks of pregnancy. For an unlucky minority, morning sickness can continue well into the second [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Gicumbi – abagore batwite baragirwa inama zo kwirinda ibibazo bituruka ku gutwita

Gicumbi - abagore batwite baragirwa

Umugore utwite agira impinduka nyinshi mu mubiri we niyo mpamvu aba akwiye kwegerwa no kugirwa inama kugirango babone uko babungabunga ubuzima bwe muri cya gihe batwite. Nk’uko bitangazwa n’umuforomo ku kigonderabuzima cya Kagogo kuri uyu wa 14/11/2012 ngo bigisha abagore batwite uburyo bagomba kwitwara mu rwego rwo kwirinda ibibazo bituruka kugutwita kwabo. Kakuze Annonciate avuga [...]

Read More 0 Comments

Rulindo: Ihuriro ry’abagore bakora umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda ARFEM ryasuye abaturage.

Kuri uyu wa kabiri tariki 22/5/2013, mu karere ka Rulindo, habereye igikorwa cyo kuganira n’abaturage hagati y’ihuriro ry’abagore bakora umwuga [...]

Gatsibo women applaud cooperatives in Poverty reduction

The members of Izere Ukore cooperative that does crafts compositions and COPROCHA cooperative that grows mushrooms say forming cooperatives and [...]

Nyamirama: Rwanda women in crafts compositions

Women working with Save Our Souls (SOS) Rwanda in Nyamirama Sector Kayonza district call upon their fellow women to come [...]

Women’s hope reviving through sowing & knitting training

Fifty two underprivileged young women and girls are attending three-month training in sowing and knitting conducted by ‘Rise to Shine’ [...]

Gatsibo: Bikuye mu bukene babikesha kwibumbira hamwe mu mashyirahamwe

Abibumbiye mu mashyirahamwe Izere Ukore ikora ubukorikori na COPROCHA ihinga ibihumyo, agizwe n’abagore b’abapfakazi rikorera mu Murenge wa Kiramuruzi, Akarere [...]

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]