Pregnant and breastfeeding women need a lot of care There are so many things a pregnant and breast feeding woman needs to do to make sure that her health and that of the baby is in proper condition, as said by the ministry of health. In the first place, these women need to go for [...]
Rwanda : Hari byinshi by’ingenzi abagore batwite n’abonsa bakeneye kugira ngo ubuzima bwabo n’ubw’abana burusheho kugenda neza
Umubyeyi utwite cyangwa wonsa akeneye kwitabwaho byihariye. Nk’uko tubikesha imfashanyigisho ya Minisiteri y’ubuzima,ku bijyanye n’uburyo umugore utwite n’uwonsa barinda ubuzima bwabo. Abagore batwite bakeneye kujya gupimisha inda nibura inshuro 4mbere yo kubyara,bahereye ku mezi atatu ya mbere.Bakeneye kunywa amazi meza kandi menshi buri munsi. Kwirinda kunywa icyayi cyangwa ikawa mu gihe cyo kurya n’igihe cyose [...]
Alice X-commercial sex worker leads campaign against prostitution
Girls and women have been advised to learn and train in different arts and crafts or technical skills instead of seeking cheap and highly risky money from prostitution, according to Alice Mukashyaka a woman who stopped her profession of prostitution in Kayonza District. Mukashyaka said that most of the young girls she met through prostitution [...]
Rwanda : “Urubyiruko rw’abakobwa rukwiye kwiga ubukorikori aho kwishora mu buraya” – Umugore wakoraga uburaya
Umwe mu bagore n’abakobwa bahagaritse gukora uburaya mu karere ka Kayonza witwa Mukashyaka Alice, arasaba abana b’abakobwa kwiga ubukorikori aho gushakira amafaranga mu buraya. Mukashyaka avuga ko abana b’abakobwa benshi bahuriye mu buraya bavugaga ko babugiyemo kubera ibibazo by’ubukene, bagakora uburaya bashaka gukira. Yongeraho ko n’ubwo abana b’abakobwa benshi bajya mu buraya bahunze ubukene n’ubundi [...]
Rwanda : ARBEF trains women on family planning, sexual relations
The Rwandan Association for the Promotion of Family Welfare (ARBEF) has prepared training for women in Ruganda, Gashari, Rubengera and Gishyita sectors in Karongi district meant to increase their knowledge on family planning, sexual relations and how to discuss with their children about their reproductive health. The vice president of ARBEF in the western province [...]
Rwanda | Karongi : ARBEF yahuguye abagore ku kuboneza urubyaro n’ubuzima bw’imyororokere
Ishyirahamwe nyarwanda riharanira imibereho myiza y’umuryango ( ARBEF) ryateguriye bamwe mu bagore bo mu mirenge ya Ruganda, Gashari, Rubengera na Gishyita yo mu karere ka Karongi amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro, ubumenyi ku bijyanye n’imikoreshereze myiza y’ibitsina, ndetse no kubashishikariza kuganiriza abana babo ibirebana n’ubuzima bw’imyororokere. Ayo mahugurwa y’iminsi ibiri yasojwe [...]
Rwanda : Kanseri y’ibihaha ikomeje kwibasira abagore
Kanseri y’ibihaha ni indwara ikunze kwibasira igitsina gore. Mu bimenyetso bikunze kugaragaza iyo ndwara harimo gukorora cyane. Iyo nkorora iyo imaze iminsi itangira gutera ububabare uyirwaye ndetse, agatangira no kubabara amagufwa. Igihe umurwayi yumva akomeje kumererwa nabi ngo agomba guhita yihutira kwisuzumusha kwa muganga kuko ashobora kuba afite kanseri yo mu bihaha. Mu bindi bimenyetso [...]
Rwanda: adopting a healthy lifestyle, one way to avoid illness
We have all heard that with weight loss, one has to have a healthy lifestyle, a difficult exercise to maintain but also possible and efficient if one is determined. A healthy lifestyle is created and obviously combined with exercise with exercising program, the weight loss you have always desired and put on hold can be [...]
Rwanda : Ways to handle your morning sickness
Morning sickness is the most terrible sign of all pregnancy signs a woman can encounter. This is condition affects about 85% of all pregnant women; it usually begins at around the fourth week of pregnancy and resolves itself around 12 weeks of pregnancy. For an unlucky minority, morning sickness can continue well into the second [...]
Rwanda : Gicumbi – abagore batwite baragirwa inama zo kwirinda ibibazo bituruka ku gutwita
Umugore utwite agira impinduka nyinshi mu mubiri we niyo mpamvu aba akwiye kwegerwa no kugirwa inama kugirango babone uko babungabunga ubuzima bwe muri cya gihe batwite. Nk’uko bitangazwa n’umuforomo ku kigonderabuzima cya Kagogo kuri uyu wa 14/11/2012 ngo bigisha abagore batwite uburyo bagomba kwitwara mu rwego rwo kwirinda ibibazo bituruka kugutwita kwabo. Kakuze Annonciate avuga [...]


