Tag Archives: Rwanda associations

Nyamagabe: credit cooperatives, a means for women development

 These women in Nyamagabe District say joining associations, credit giving groups, working with financial institutions as well as other projects have developed them and their families. This has revealed the secret behind women development in the area as it includes forming cooperatives and sharing developmental ideas. These women form credit groups to collect the little [...]

Read More 0 Comments

GISAGARA: KWEGERA ABANDI BATEGERUGORI MU ISTINDA BYAMUFASHIJE KWAKIRA UBURWAYI ABANA NABWO

Twagirayezu Gloriose w’imyaka 35 utuye umurenge wa Kibirizi mu karere ka Gisagara, avuga ko kuri ubu ntacyo yanganya amatsinda y’intambwe kuko ariyo atumye abaye akibasha kugira icyo akora, cyane ko ari muri yo yamenyeye ko afite ubwandu bwa Sida ndetse uyu munsi akaba yigiramo uko agomba kwifata.  Twagirayezu Gloriose avuga ko yatangiye kujya arwara gurika [...]

Read More 0 Comments

Ngororero : Umwaka wa 2013 uzasiga abagore bakemuye ibibazo by’ubukene

Ngororero Umwaka

Uyu ni umwanzuro wavuye muri kongere (congres) y’Inama y’Igihugu y’Abagore mu karere ka Ngororero yabaye ku matariki ya 18 na 19 Ukuboza 2012, aho abayitabiriye bihaye umuhigo wo kuzamurana mubukungu. Nkuko byagaragajwe n’abo bagore, ngo mukarere ka Ngororero bigaragara ko abagore bahagurukiye kwihangira imirimo no kwibumbira mu makoperative kurusha abagabo, ariko hakaba hakigaragara n’abagore baba [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Abagore bibumbiye muri Association Dushyigikirane batera imbere buri munsi.

Abagore bibumbiye

Association Dushyigikirane ikorera mu murenge wa Masoro,akarere ka Rulindo,abarigize bavuga ko bateye imbere ku buryo bushimishije. Iyi Association igizwe ahanini n’abagore b’abapfakazi ,abantu bageze mu zabukuru,ndetse n’abana b’imfubyi.Intego yayo akaba ari ugushyigikira, no gufasha aba bantu bavuzwe haruguru kwiteza imbere, bakora imirimo itandukanye ibabyarira inyungu. Kubavana mu bwigunge,kubafasha guhindura imyunvire, no kureba imbere kugira ngo [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Huye: abagore b’i Gishamvu bakangurirwa kurushaho kwishyira hamwe n’abandi

Huye

Mu bihe byashize, wasangaga abagabo bo mu cyaro bumva ko nta mugore wazerereye, ujya mu makoperative cyangwa mu mashyirahamwe. Batekerezaga ko umugore nyawe ari ukora imirimo yo mu rugo akanarera abana. I Gishamvu iyo myumvire yarahindutse: umugore utiyunga na bagenzi be arabikubitirwa. Imvano yo gukubitira abagore kutiyunga n’abandi, ni uko abagore babashije kwibumbira mu matsinda [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Ngoma: Abayislamukazi ntibakitinya mubikorwa by’ iterambere

Rwanda | Ngoma Abayislamukazi ntibakitinya

Ihuriro ry’abayislamukazi bo mukarere ka Ngoma barashima ubuyobozi bwa Islam muri aka karere ko bubafasha kuva mu bwigunge bakagana mu bikorwa byabateza imbere. Ibi byavuzwe  ubwo basurwaga na bagenzi babo bo mukarere ka Kamonyi ho muntara y’amajyepfo mu rwego rw’umubano (Gimerage). Muri iki gikorwa cyahuje abayisilamukazi bo muturere twombi,cyaranzwe no gusangira ubuzima bw’uko babayeho n’icyakorwa [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Ntabwo wakwiyubaka uhora uhekenya amenyo

Ntabwowakwiyubakauhorauhekenyaamenyo

Aya magambo ni amwe mu akubiye mu kiganiro Dr. Jean Pierre Dusingizemungu, umuyobozi wa Ibuka mu Rwanda, yagiriye abari muri Kongere ya AVEGA yabereye mu Karere ka Huye kuwa 2 Kanama 2012. Muri iki kiganiro, Dr. Dusingizemungu yagiriye abanyamuryango ba AVEGA inama yo kudaheranwa n’agahinda, ahubwo bagaharanira kubaho, bagakora ibikorwa bibateza imbere ngo batazavaho basigara [...]

Read More 0 Comments

Women’s hope reviving through sowing & knitting training

Fifty two underprivileged young women and girls are attending three-month training in sowing and knitting conducted by ‘Rise to Shine’ [...]

Gatsibo: Bikuye mu bukene babikesha kwibumbira hamwe mu mashyirahamwe

Abibumbiye mu mashyirahamwe Izere Ukore ikora ubukorikori na COPROCHA ihinga ibihumyo, agizwe n’abagore b’abapfakazi rikorera mu Murenge wa Kiramuruzi, Akarere [...]

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]

Rulindo: District donates cows to women coffee growers

Rulindo district administration has donated cows to the women coffee growers who embarked on improving coffee production in Rulindo district. [...]

Number of Women employees in health sector surpasses men

According to the gender statistics published by the National Institute of Statistics of Rwanda [NSIR], it was noted that more [...]

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 14 z’ukwa gatanu, 2013 mu mirenge  itandukanye mu karere ka Rulindo habereye igikorwa cyo [...]