Umuryango Tuvuge Twiyubaka ufite icyicaro mu karere ka Nyamagabe uravuga ko wahisemo gufasha abana b’abakobwa gutangira imishinga yo kwiteza imbere nyuma yo kubona ko abashuka abana b’abakobwa bamenyerewe ku izina rya “SUGAR DADDY” bahera ku mikoro make yabo. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa gatanu tariki ya 04/01/2013 uyu muryango watangije amahugurwa y’iminsi ibiri [...]
Rwanda | Nyamagabe: Kubaka ubushobozi bw’abana b’abakobwa byagira uruhare mu guhangana naba “Sugar daddy”
Rwanda | Gakenke: Abagore bari mu nzego z’ubuyobozi barakangurirwa kwigirira icyizere
Abagore bari mu nzego z’ubuyobozi barakangurirwa guhora bongera ubumenyi bikajyana no kwigirira icyizere mu mirimo y’ubuyobozi bashinzwe kuko kuba abayobozi biba bitabaye iby’impanuka ahubwo bakumva ko bagiyemo mu myanya kuko bafite ibyo bashoboye kandi bagiye kuyikoramo. Ibi byagutsweho mu mahugurwa y’iminsi ibiri yabaye tariki 24-25/09/2012 yateguwe na Pro-Femmes Twese Hamwe agamije kongera ubushobozi abagore bari [...]

