Tag Archives: Rwanda family planning

Rulindo: understanding the need of child spacing

understanding the need of child spacing

Parents have a responsibility to give birth to children they are able to take care of for children to have all their needs provided. Giving birth to children consecutively weakens mothers and restrains children from their rights.  Most of the mothers in the past Rwandan communities are either nursing or pregnant time after time and [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Ababyeyi bagomba kubyara abo bashoboye kurera.

Ababyeyi bagomba kubyara abo bashoboye kurera.

Bamwe mu babyeyi ngo basanga bagomba kubyara abo bashoboye kurera ,bityo nibura abana bakabasha kubaho neza bijyanye n’ubushobozi ababyeyi babo baba bafite. Kubyara abana b’indahekana kandi biri mu bituma umubyeyi asaza vuba nk’uko ababyeyi ubwabo usanga babyivugira. Ngo kuba umubyeyi yarabyaye  abana benshi kandi b’indahekana bituma ahora afite intege  nke kubera imiruho n’imihangayiko y’abo bana. [...]

Read More 0 Comments

Ntibisanzwe: bamwe mu abagore b’abanyarwandakazi banenga bagenzi babo babyaye abana benshi

Mu gihe bamwe mu banyarwanda n’abanyarwandakazi batumvaga neza inama bahabwa zo kuringaniza urubyaro, kubera gutsimbarara kumahame ajyanye n’amadini cyangwa imyumvire yabo bwite, ubu bamwe mubanyarwandakazi harimo n’abatuye icyaro usanga banenga bagenzi babo bakibyara abana benshi. Kuri uyu wa 7 Mutarama,2013 abagore 4 bo mu mirenge ya Hindiro na Matyazo mu karere ka Ngororero, bari mu [...]

Read More 0 Comments

Gatsibo: Bikuye mu bukene babikesha kwibumbira hamwe mu mashyirahamwe

Abibumbiye mu mashyirahamwe Izere Ukore ikora ubukorikori na COPROCHA ihinga ibihumyo, agizwe n’abagore b’abapfakazi rikorera mu Murenge wa Kiramuruzi, Akarere [...]

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]

Rulindo: District donates cows to women coffee growers

Rulindo district administration has donated cows to the women coffee growers who embarked on improving coffee production in Rulindo district. [...]

Number of Women employees in health sector surpasses men

According to the gender statistics published by the National Institute of Statistics of Rwanda [NSIR], it was noted that more [...]

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 14 z’ukwa gatanu, 2013 mu mirenge  itandukanye mu karere ka Rulindo habereye igikorwa cyo [...]

RUSIZI: ABAGORE BARASABWA KUDAHERANWA N’UBUKENE

Abagore bagera kuri 56 bo mu karere ka Rusizi  barakangurirwa kumenya  Gutegura no gucunga neza imishinga ibabyarira inyungu, ibi babisabwe [...]