Tag Archives: Rwanda Family

Rulindo: Minisitiri muri perezidansi Tugireyezu Venansiya arakangurira abagore kugira isuku

Mu rwego rwo kugira imiryango myiza itarangwamo umwanda,ministre Tugireyezu Venansiya, arakangurira abagore bose bo mu karere ka Rulindo, kugira isuku no kuyigirira abagize imiryango yabo. Ibi akaba yarabibasabye ku itariki ya 8 Werurwe 2013, ubwo yazaga kwifatanya n’abagore bo muri Rulindo kwizihiza umunsi mukuru ngarukamwaka w’umugore.Ibyo birori bikaba byarizihirijwe mu murenge wa Ntarabana ho  mu [...]

Read More 0 Comments

Men can work with women cooperatives too

Men can work with women

One of exemplary men who work with women is James Niyonshuti, a man helping his wife as a professional in laying brick, tiles making and get more profit to develop their families than other members in Ingorihujababyeyi cooperative. Ingorihujababyeyi cooperative is a women’s cooperative they formed to stop unprofitable businesses like petty trading of fruits [...]

Read More 0 Comments

Gufatanya n’umugore we bituma babona inyungu iruta iy’abo bakorana

Gufatanya n’umugore we bituma babona inyungu iruta iy’abo bakorana

Niyonshuti James ni we ufatanya n’umugore we mu mwuga wo kubumba amatafari n’amategura maze bakabasha kubona inyungu iruta iy’abandi bari kumwe muri koperative Ingorihujababyeyi. Ubundi, iyi koperative Ingorihujababyeyi ni iy’abagore biyemeje kuva mu myuga yabazaniraga inyungu idafatika nko kubunza udutaro bacuruza imbuto, kubyuka babungana isuka bashaka abo bajya guhingira, n’iyindi. Abenshi mu bagize iri shyirahamwe [...]

Read More 0 Comments

Rwanda I “Akazi ko gutwara abantu kuri moto n’igitsinagore kiragashoboye” – Umumotarikazi

Mukeshimana Adidja utwara abagenzi kuri moto avuga ko igitsinagore kidakwiye kwitinya ku mirimo imwe n’imwe imenyerewe nk’iyigitsinagabo kuko n’abagore bayishobora. Uwo mukobwa w’imyaka 22 atwara moto muri sentere ya Kiramuruzi mu karere ka Gatsibo na Rukara mu karere ka Kayonza. Avuga ko umwuga w’ubumotari yumva awukunze kandi umuhesheje ishema kuko kuva akiri umwana yumvaga ashaka [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : ARBEF trains women on family planning, sexual relations

The Rwandan Association for the Promotion of Family Welfare (ARBEF) has prepared training for women in Ruganda, Gashari, Rubengera and Gishyita sectors in Karongi district meant to increase their knowledge on family planning, sexual relations and how to discuss with their children about their reproductive health. The vice president of ARBEF in the western province [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Karongi : ARBEF yahuguye abagore ku kuboneza urubyaro n’ubuzima bw’imyororokere

Ishyirahamwe nyarwanda riharanira imibereho myiza y’umuryango ( ARBEF) ryateguriye bamwe mu bagore bo mu mirenge ya Ruganda, Gashari, Rubengera na Gishyita yo mu karere ka Karongi amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro, ubumenyi ku bijyanye n’imikoreshereze myiza y’ibitsina, ndetse no kubashishikariza kuganiriza abana babo ibirebana n’ubuzima bw’imyororokere. Ayo mahugurwa y’iminsi ibiri yasojwe [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Mu karere ka Rulindo basoje ukwezi kwahariwe umuryango.

Mu karereka

Abaturage batuye mu karere ka Rulindo,kuri uyu wa kane tariki ya 8/11/2012,basoje umunsi w’ukwezi kwahariwe umuryango,uyu munsi ukaba wari watangiye ku itariki ya 18/10 uyu mwaka. Ibirori byo gusoza uyu munsi byabereye mu murenge wa Kinihira,abitabiriye ibyo birori bakaba bagaragarije abashyitsi bari babasuye ,ibyo bagezeho mu rwego rwo kwiteza imbere,no guhosha amakimbirane arangwa mu miryango. [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Bugesera: Ku munsi w’umugore wo mucyaro Nyirahatunguramye yashimiwe ko yiteje imbere ahereye ku bushera

Untitled

Ababyeyi bigishwa gutegura indyo yuzuye y’abana bato Ku munsi mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro uba tariki 15/ 10 za buri mwaka, umugore witwa Nyirahatunguramye Vénantie  wo mu karere ka Bugesera mu Murenge wa Shyara yashimiwe kuba yarabashije kwiteza imbere ahereye ku gucuruza ubushera nyuma akaza kugana amabanki. Mu rwego rwo gushimira uyu mugore akaba yahawe [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Ngororero: Ntiwagira ijambo urwaye cyangwa urwaje bwaki!

Ibi ni bimwe mubyavugiwe mu nama yahuje INTORE z’abagore zizwi  ku izina rya “MUTIMA W’URUGO”  n’abayobozi batandukanye mu karere ka Ngororero barimo abashinzwe ubuzima n’imibereho myiza y’abaturage kuri uyu wa 24/8/2012 ubwo ba mutima w’urugo basabwe kuba intangarugero mu kurwanya imirire mibi muri bagenzi babo. Nk’uko byagaragaye muri iyo nama itorero Umutima w’Urugo rirasabwa byinshi [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Women, money and relationships

One friend of mine had a boyfriend who was even going to marry her but because of his financial status this friend never accepted the guy’s proposal. Yes she loved him but she kept complaining about his financial status and hence their relationship ended sadly. Many women have got the same problem with their partners [...]

Read More 0 Comments

Rulindo: District donates cows to women coffee growers

Rulindo district administration has donated cows to the women coffee growers who embarked on improving coffee production in Rulindo district. [...]

Number of Women employees in health sector surpasses men

According to the gender statistics published by the National Institute of Statistics of Rwanda [NSIR], it was noted that more [...]

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 14 z’ukwa gatanu, 2013 mu mirenge  itandukanye mu karere ka Rulindo habereye igikorwa cyo [...]

RUSIZI: ABAGORE BARASABWA KUDAHERANWA N’UBUKENE

Abagore bagera kuri 56 bo mu karere ka Rusizi  barakangurirwa kumenya  Gutegura no gucunga neza imishinga ibabyarira inyungu, ibi babisabwe [...]

Ngoma: Abagore bibumbiye mu muryango “Mothers Union” wo mu itorero rya EAR Musamvu bakoze amasengesho yo gusabira ingo

Mugihe hashize iminsi hirya no hino mu Rwanda  havugwa imibanire mibi mu bashakanye ndetse binavamo  ubwicanyi hagati yabo, abagore 97 [...]

Ababyeyi barasabwa kurera neza abana babo ngo jenoside itazongera kuba mu Rwanda.

Ababyeyi barasabwa kurera

Umubyeyi witwa Ntitegekerwa Marie Francine arasaba ababyeyi bagenzi be kurera neza abana babo kugira ngo jenoside itazongera kubaho ukundi. Ibi [...]