Tag Archives: Rwanda health

Kuryama ugaramye ku mubyeyi utwite byongera ibyago byo kubyara umwana upfuye

Ubushakashatsi bwakorewe mu bihugu bya New Zealand, Australia na Ghana ku mugabane wa Afurika  bugaragaza ko  abagore batwite  baryama bagaramye bafite ibyago byo kubyara abana bapfuye. Ubwo bushakashatsi  bwerekana  ko ¼ cy’ izo mpfu zishobora kwirindwa igihe umugore aryamiye uruhande rw’iburyo kuko bituma amaraso atembera neza mu gice cy’umubiri cyo hasi akanagera mu mutima; nk’uko [...]

Read More 0 Comments

Hari impamvu ituma malariya yibasira abagore batwite

Umubyeyi utwite agomba kwitongera indwara ya malariya

Abaganga bavuga ko hari impamvu nyinshi zituma abagore batwite bibasirwa n’indwara ya malariya muri ibyo bavuga ko ubusanzwe uturemangingo tw’umubiri dusanzwe dukora abasirikare barinda umubiri  ntituba tugifite ingufu mu kurinda umugore utwite. Iri gabanuka ry’abasirikare bakomoka ku turemangingo rituma ibyago by’umugore utwite byo kwibasirwa na malariya byiyongera kuko  abasirikare bakagombye gufasha umubiri we kurwanya iyinjira [...]

Read More 0 Comments

Kamonyi: cooperatives rescue women from poverty

cooperatives rescue women from poverty

 Members of Abibumbye cooperative in Kamonyi district admit that working in a cooperative has changed their social lives and the welfare of their families. Generally cooperatives have changed the well being of people in Kamonyi district says Innocent Habimana the cooperatives regulator in the district. Members of Abibumbye cooperative in tailoring session  Abibumbye cooperative with [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Huye: pregnant women urged to attend antenatal services

Huye: pregnant women urged to attend antenatal services

 The Ministry of Health has called on pregnant women to attend and complete all the required prenatal services, saying the turn-up is very low. The call was made by the permanent secretary Dr. Uziel Ndagijimana during the official inauguration of the maternity ward for Matyazo Health Center on Thursday the 31st.Jan.2013     “A pregnant [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Ababyeyi bipimisha inshuro zikwiye igihe batwite baracyari bakeya

Ababyeyi bipimisha inshuro

Ibi byatangajwe na Dr. Uziel Ndagijimana, umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima, kuri uyu wa 31/1/2012. Hari mu gikorwa cyo gutaha ku mugaragaro inzu ababyeyi bazajya babyariramo yo ku kigo nderabuzima cya Matyazo. Dr. Ndagijimana agira ati “ubundi biteganyijwe ko umubyeyi utwite yipimisha inshuro enye igihe atwite. Nyamara ubushakashatsi bwakozwe mu mwaka wa 2010 bwagaragaje ko [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Hari byinshi by’ingenzi abagore batwite n’abonsa bakeneye kugira ngo ubuzima bwabo n’ubw’abana burusheho kugenda neza

Umubyeyi utwite n’uwonsa basabwa kwitwararika no kwitabwaho by’umwihariko

Umubyeyi utwite cyangwa wonsa akeneye kwitabwaho byihariye. Nk’uko tubikesha imfashanyigisho ya Minisiteri y’ubuzima,ku bijyanye n’uburyo umugore utwite n’uwonsa barinda ubuzima bwabo. Abagore batwite bakeneye kujya gupimisha inda nibura inshuro 4mbere yo kubyara,bahereye ku mezi atatu ya mbere.Bakeneye kunywa amazi meza kandi menshi buri munsi. Kwirinda kunywa icyayi cyangwa ikawa mu gihe cyo kurya n’igihe cyose [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : ARBEF trains women on family planning, sexual relations

The Rwandan Association for the Promotion of Family Welfare (ARBEF) has prepared training for women in Ruganda, Gashari, Rubengera and Gishyita sectors in Karongi district meant to increase their knowledge on family planning, sexual relations and how to discuss with their children about their reproductive health. The vice president of ARBEF in the western province [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Karongi : ARBEF yahuguye abagore ku kuboneza urubyaro n’ubuzima bw’imyororokere

Ishyirahamwe nyarwanda riharanira imibereho myiza y’umuryango ( ARBEF) ryateguriye bamwe mu bagore bo mu mirenge ya Ruganda, Gashari, Rubengera na Gishyita yo mu karere ka Karongi amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro, ubumenyi ku bijyanye n’imikoreshereze myiza y’ibitsina, ndetse no kubashishikariza kuganiriza abana babo ibirebana n’ubuzima bw’imyororokere. Ayo mahugurwa y’iminsi ibiri yasojwe [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Kanseri y’ibihaha ikomeje kwibasira abagore

Kanseri y’ibihaha ni indwara ikunze kwibasira igitsina gore. Mu bimenyetso bikunze kugaragaza iyo ndwara harimo gukorora cyane. Iyo nkorora iyo imaze iminsi itangira gutera ububabare uyirwaye ndetse, agatangira no kubabara amagufwa. Igihe umurwayi yumva akomeje kumererwa nabi ngo agomba guhita yihutira kwisuzumusha kwa muganga kuko ashobora kuba afite kanseri yo mu bihaha. Mu bindi bimenyetso [...]

Read More 0 Comments

Rwanda: adopting a healthy lifestyle, one way to avoid illness

Rwanda adopting a healthy lifestyle,

We have all heard that with weight loss, one has to have a healthy lifestyle, a difficult exercise to maintain but also possible and efficient if one is determined. A healthy lifestyle is created and obviously combined with exercise with exercising program, the weight loss you have always desired and put on hold can be [...]

Read More 0 Comments

Rulindo: Ihuriro ry’abagore bakora umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda ARFEM ryasuye abaturage.

Kuri uyu wa kabiri tariki 22/5/2013, mu karere ka Rulindo, habereye igikorwa cyo kuganira n’abaturage hagati y’ihuriro ry’abagore bakora umwuga [...]

Gatsibo women applaud cooperatives in Poverty reduction

The members of Izere Ukore cooperative that does crafts compositions and COPROCHA cooperative that grows mushrooms say forming cooperatives and [...]

Nyamirama: Rwanda women in crafts compositions

Women working with Save Our Souls (SOS) Rwanda in Nyamirama Sector Kayonza district call upon their fellow women to come [...]

Women’s hope reviving through sowing & knitting training

Fifty two underprivileged young women and girls are attending three-month training in sowing and knitting conducted by ‘Rise to Shine’ [...]

Gatsibo: Bikuye mu bukene babikesha kwibumbira hamwe mu mashyirahamwe

Abibumbiye mu mashyirahamwe Izere Ukore ikora ubukorikori na COPROCHA ihinga ibihumyo, agizwe n’abagore b’abapfakazi rikorera mu Murenge wa Kiramuruzi, Akarere [...]

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]