Ubushakashatsi bwakorewe mu bihugu bya New Zealand, Australia na Ghana ku mugabane wa Afurika bugaragaza ko abagore batwite baryama bagaramye bafite ibyago byo kubyara abana bapfuye. Ubwo bushakashatsi bwerekana ko ¼ cy’ izo mpfu zishobora kwirindwa igihe umugore aryamiye uruhande rw’iburyo kuko bituma amaraso atembera neza mu gice cy’umubiri cyo hasi akanagera mu mutima; nk’uko [...]
Hari impamvu ituma malariya yibasira abagore batwite
Abaganga bavuga ko hari impamvu nyinshi zituma abagore batwite bibasirwa n’indwara ya malariya muri ibyo bavuga ko ubusanzwe uturemangingo tw’umubiri dusanzwe dukora abasirikare barinda umubiri ntituba tugifite ingufu mu kurinda umugore utwite. Iri gabanuka ry’abasirikare bakomoka ku turemangingo rituma ibyago by’umugore utwite byo kwibasirwa na malariya byiyongera kuko abasirikare bakagombye gufasha umubiri we kurwanya iyinjira [...]
Kamonyi: cooperatives rescue women from poverty
Members of Abibumbye cooperative in Kamonyi district admit that working in a cooperative has changed their social lives and the welfare of their families. Generally cooperatives have changed the well being of people in Kamonyi district says Innocent Habimana the cooperatives regulator in the district. Members of Abibumbye cooperative in tailoring session Abibumbye cooperative with [...]
Rwanda : Huye: pregnant women urged to attend antenatal services
The Ministry of Health has called on pregnant women to attend and complete all the required prenatal services, saying the turn-up is very low. The call was made by the permanent secretary Dr. Uziel Ndagijimana during the official inauguration of the maternity ward for Matyazo Health Center on Thursday the 31st.Jan.2013 “A pregnant [...]
Rwanda : Ababyeyi bipimisha inshuro zikwiye igihe batwite baracyari bakeya
Ibi byatangajwe na Dr. Uziel Ndagijimana, umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima, kuri uyu wa 31/1/2012. Hari mu gikorwa cyo gutaha ku mugaragaro inzu ababyeyi bazajya babyariramo yo ku kigo nderabuzima cya Matyazo. Dr. Ndagijimana agira ati “ubundi biteganyijwe ko umubyeyi utwite yipimisha inshuro enye igihe atwite. Nyamara ubushakashatsi bwakozwe mu mwaka wa 2010 bwagaragaje ko [...]
Rwanda : Hari byinshi by’ingenzi abagore batwite n’abonsa bakeneye kugira ngo ubuzima bwabo n’ubw’abana burusheho kugenda neza
Umubyeyi utwite cyangwa wonsa akeneye kwitabwaho byihariye. Nk’uko tubikesha imfashanyigisho ya Minisiteri y’ubuzima,ku bijyanye n’uburyo umugore utwite n’uwonsa barinda ubuzima bwabo. Abagore batwite bakeneye kujya gupimisha inda nibura inshuro 4mbere yo kubyara,bahereye ku mezi atatu ya mbere.Bakeneye kunywa amazi meza kandi menshi buri munsi. Kwirinda kunywa icyayi cyangwa ikawa mu gihe cyo kurya n’igihe cyose [...]
Rwanda : ARBEF trains women on family planning, sexual relations
The Rwandan Association for the Promotion of Family Welfare (ARBEF) has prepared training for women in Ruganda, Gashari, Rubengera and Gishyita sectors in Karongi district meant to increase their knowledge on family planning, sexual relations and how to discuss with their children about their reproductive health. The vice president of ARBEF in the western province [...]
Rwanda | Karongi : ARBEF yahuguye abagore ku kuboneza urubyaro n’ubuzima bw’imyororokere
Ishyirahamwe nyarwanda riharanira imibereho myiza y’umuryango ( ARBEF) ryateguriye bamwe mu bagore bo mu mirenge ya Ruganda, Gashari, Rubengera na Gishyita yo mu karere ka Karongi amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro, ubumenyi ku bijyanye n’imikoreshereze myiza y’ibitsina, ndetse no kubashishikariza kuganiriza abana babo ibirebana n’ubuzima bw’imyororokere. Ayo mahugurwa y’iminsi ibiri yasojwe [...]
Rwanda : Kanseri y’ibihaha ikomeje kwibasira abagore
Kanseri y’ibihaha ni indwara ikunze kwibasira igitsina gore. Mu bimenyetso bikunze kugaragaza iyo ndwara harimo gukorora cyane. Iyo nkorora iyo imaze iminsi itangira gutera ububabare uyirwaye ndetse, agatangira no kubabara amagufwa. Igihe umurwayi yumva akomeje kumererwa nabi ngo agomba guhita yihutira kwisuzumusha kwa muganga kuko ashobora kuba afite kanseri yo mu bihaha. Mu bindi bimenyetso [...]
Rwanda: adopting a healthy lifestyle, one way to avoid illness
We have all heard that with weight loss, one has to have a healthy lifestyle, a difficult exercise to maintain but also possible and efficient if one is determined. A healthy lifestyle is created and obviously combined with exercise with exercising program, the weight loss you have always desired and put on hold can be [...]

