Mugihe hashize iminsi hirya no hino mu Rwanda havugwa imibanire mibi mu bashakanye ndetse binavamo ubwicanyi hagati yabo, abagore 97 bibumbiye mu muryango “mathers Union” mu itorero rya EAR, paroisse Musamvu bakoze igiterane cy’amasengesho cyo gusabira ingo kubana neza maze abagera kuri 50 batabanaga neza n’abo bashakanye bahava bihannye. Icyi giterane cyamaze iminsi itatu cyasojwe [...]
Rwanda |Rulindo: abagore n’urubyiruko barashimwa kubera uruhare bagira mu kubaka igihugu.
Urubyiruko hamwe n’abagore bavuka mu karere ka Rulindo barashimwa uruhare bakomeje kugaragza mu kubaka igihugu no gushaka kugiteza imbere. Mu ihuriro ry’Inama nkuru y’Abagore hamwe n’inama y’Urubyiruko mu karere ka Rulindo, yateranye kuwa gatanu,tariki 25/1/2013 Abagore ndetse n’urubyiruko bagaragaje ko bafite inyota yo gukora ngo barusheho kuzamura iterambere ry’igihugu cyabo. Muri iri huriro kandi [...]
Rwanda | GISAGARA: ABATEGARUGORI NI BO NKINGI Y’ISUKU MU NGO
Nk’uko abagore bo mu karere ka Gisagara bagiye babyigishwa mu kwezi kwahariwe umuryango kwashojwe muri iki cyumweru dushoje tariki 9/11/2012 , ngo ni bo nkingi y’isuku igomba kuranga ingo. Ibi babyibukijwe banabwirwa ko ibyo bigishwa muri uku kwezi kose bitarangirira aho ahubwo ari ibikorwa bigomba guhoraho mu rwego rwo gufasha imiryango yabo. Isuku igomba kuranga [...]
Rwanda : Depite Mukakanyarugenga arasaba abayobozi kugerageza abifuza gutandukana aho kwihutira kubatanya
Depite Mukakanyarugenga Jacqueline arasaba abayobozi bo mu karere ka Muhanga cyane cyane abagore by’umwihariko kutihutira kwemerera abashakanye bifuza gutana ahubwo bakabanza kugerageza amahirwe yose ashoboka ngo bagumane. Ibi akaba yabitangaje kuri uyu wa 24/09/2012, ubwo yagiranaga inama na bamwe mu bagore bari mu nzego zifata ibyemezo kandi bahora bahura n’ibibazo nk’ibi by’imiryango ishaka gatanya. Muri [...]


