Tag Archives: Rwanda kayonza

Ababyeyi b’abagore ni bo bafite uruhare runini mu burere bw’abana – Depite Mukarindiro

Ababyeyi b’abagore ni bo bafite uruhare runini mu burere bw’abana b’abakobwa nk’uko Depite Mukarindiro Liberata aherutse kubibwira abagore bo mu karere ka Kayonza ku munsi mpuzamahanga w’abagore. Uwo mudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda avuga ko mu bana b’abakobwa batwara amada haba harimo abatazi igihe bashobora gutwarira inda, agasaba ababyeyi cyane cyane ab’abagore kubaganiriza [...]

Read More 0 Comments

Kayonza: Hari abagore bamenye ibyo kwizigama kubera umushinga Women for Women

Bamwe mu bagore bo mu mirenge ya Nyamirana na Kabarondo mu karere ka Kayonza, bavuga ko bamenye kwizigama babyigishijwe n’umushinga Women for Women ukorera muri ako karere. Uwo mushinga utoranya abagore b’abakene ukabafasha mu gihe cy’amezi 12, ayo mezi agashira hari intera bagezeho bivana mu bukene nk’uko bivugwa na Mukabaramba Imaculee wafashijwe n’uwo mushinga. Avuga [...]

Read More 0 Comments

Rwanda I “Akazi ko gutwara abantu kuri moto n’igitsinagore kiragashoboye” – Umumotarikazi

Mukeshimana Adidja utwara abagenzi kuri moto avuga ko igitsinagore kidakwiye kwitinya ku mirimo imwe n’imwe imenyerewe nk’iyigitsinagabo kuko n’abagore bayishobora. Uwo mukobwa w’imyaka 22 atwara moto muri sentere ya Kiramuruzi mu karere ka Gatsibo na Rukara mu karere ka Kayonza. Avuga ko umwuga w’ubumotari yumva awukunze kandi umuhesheje ishema kuko kuva akiri umwana yumvaga ashaka [...]

Read More 0 Comments

Alice X-commercial sex worker leads campaign against prostitution

Girls and women have been advised to learn and train in different arts and crafts or technical skills instead of seeking cheap and highly risky money from prostitution, according to Alice Mukashyaka a woman who stopped her profession of prostitution in Kayonza District. Mukashyaka said that most of the young girls she met through prostitution [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : “Urubyiruko rw’abakobwa rukwiye kwiga ubukorikori aho kwishora mu buraya” – Umugore wakoraga uburaya

m_Urubyiruko rw’abakobwa rukwiye kwiga ubukorikori aho kwishora mu buraya” - Umugore wakoraga uburaya

Umwe mu bagore n’abakobwa bahagaritse gukora uburaya mu karere ka Kayonza witwa Mukashyaka Alice, arasaba abana b’abakobwa kwiga ubukorikori aho gushakira amafaranga mu buraya. Mukashyaka avuga ko abana b’abakobwa benshi bahuriye mu buraya bavugaga ko babugiyemo kubera ibibazo by’ubukene, bagakora uburaya bashaka gukira. Yongeraho ko n’ubwo abana b’abakobwa benshi bajya mu buraya bahunze ubukene n’ubundi [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Kayonza: Abahoze bakora uburaya mu rugamba rwo gushishikariza abakiri mu buraya kubuvamo

Rwanda : Kayonza Abahoze bakora

Ishyirahamwe ryitwa Dushishoze ry’abagore n’abakobwa bahoze bakora uburaya mu karere ka Kayonza, riri gukangurira abakobwa n’abagore bagikora uburaya muri ako karere kubuvamo. Ni nyuma y’aho abo bagore bigishijwe n’imiryango itandukanye ifite kurwanya SIDA mu nshingano za yo. N’ubwo abo bagore n’abakobwa bamaze imyaka myinshi bakora uburaya, bavuga ko nta nyungu babubonyemo, iyo ikaba ariyo mpamvu [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Kayonza: Abahoze bakora uburaya bahawe imashini zo kudoda kugira ngo biteze imbere

Abagore n’abakobwa bagera kuri 27 bakoraga uburaya mu karere ka Kayonza bahawe imashini ebyiri zo kudoda. Abo bagore bafashe icyemezo cyo kureka uburaya nyuma y’inyigisho bahawe n’umuryango Health Poverty Action (HPA) ari na wo wabahaye izo mashini zifite agaciro k’ibihumbi 500. Izo mashini ngo zizabafasha kwiteza imbere aho guhora barambirije ku buraya nk’uko umukozi wa [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Kayonza: Abagore barasaba kugenerwa ku byinjizwa n amazu bari bareguriwe bakayamburwa

Abagore barasaba kugenerwa

Abahagarariye inzego z’abagore mu karere ka Kayonza bavuga ko urwego rw’abagore muri ako karere rukwiye kugenerwa ku mafaranga yinjizwa n’inzu yitwa “inzu ya IGA” iherereye mu murenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza. Inzu ya IGA isanzwe yakira inama n’amakwe. Ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza bwari bweguriye iyo nzu urwego rw’abagore kugira ngo ruyikoreshe mu rwego [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Murundi: Abagore barasaba gufashwa kugera ku iterambere by umwihariko

Abagore bo mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza ngo barifuza gufashwa by’umwihariko kugira ngo bagere ku iterambere kimwe n’abagabo. Ibi byavuzwe na bamwe mu bagore bo mu murenge wa Murundi tariki 16/4/2012 ubwo bari mu gikorwa cyo gufunguza amakonti muri koperative Umurenge Sacco ya Murundi. Abo bagore bavuga ko muri SACCO Murundi bakwiye [...]

Read More 0 Comments

Rulindo: District donates cows to women coffee growers

Rulindo district administration has donated cows to the women coffee growers who embarked on improving coffee production in Rulindo district. [...]

Number of Women employees in health sector surpasses men

According to the gender statistics published by the National Institute of Statistics of Rwanda [NSIR], it was noted that more [...]

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 14 z’ukwa gatanu, 2013 mu mirenge  itandukanye mu karere ka Rulindo habereye igikorwa cyo [...]

RUSIZI: ABAGORE BARASABWA KUDAHERANWA N’UBUKENE

Abagore bagera kuri 56 bo mu karere ka Rusizi  barakangurirwa kumenya  Gutegura no gucunga neza imishinga ibabyarira inyungu, ibi babisabwe [...]

Ngoma: Abagore bibumbiye mu muryango “Mothers Union” wo mu itorero rya EAR Musamvu bakoze amasengesho yo gusabira ingo

Mugihe hashize iminsi hirya no hino mu Rwanda  havugwa imibanire mibi mu bashakanye ndetse binavamo  ubwicanyi hagati yabo, abagore 97 [...]

Ababyeyi barasabwa kurera neza abana babo ngo jenoside itazongera kuba mu Rwanda.

Ababyeyi barasabwa kurera

Umubyeyi witwa Ntitegekerwa Marie Francine arasaba ababyeyi bagenzi be kurera neza abana babo kugira ngo jenoside itazongera kubaho ukundi. Ibi [...]