Kuri uyu wa gatanu tariki ya 24/05/2013, Ihuriro ry’abapfakazi bapfakajwe na Jenoside yakorewe abatutsi muri mata 1994 « Agahozo » (AVEGA) ryasuye abanyamuryango baryo bo mu murenge wa Mugano mu karere ka Nyamagabe, hagamijwe gusura no kuremera abapfakazi b’inshike ndetse n’abageze mu zabukuru, muri gahunda ifite insanganyamatsiko igira iti: “Tubarere nk’uko batureze”. Nk’uko AVEGA isanzwe ifata mu [...]
Ababyeyi barasabwa kurera neza abana babo ngo jenoside itazongera kuba mu Rwanda.
Umubyeyi witwa Ntitegekerwa Marie Francine arasaba ababyeyi bagenzi be kurera neza abana babo kugira ngo jenoside itazongera kubaho ukundi. Ibi yabisabye ku cyumweru tariki ya 12/05/2013 ubwo yatangaga ubuhamya mu muhango wo kwibuka by’umwihariko abatutsi biciwe mu cyahoze ari komini Rukondo (ubu ni mu murenge wa Mbazi mu karere ka Nyamagabe), bw’inzira igoranye yanyuzemo mu [...]
Nyamagabe: Ababyeyi bigishijwe kubahiriza uburenganzira bw’abana hagamijwe guca ubuzererezi.
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 13/02/2013, ababyeyi barema isoko rya Nyamagabe riherereye mu murenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe bigishijwe ku burenganzira bw’abana, ndetse banibutswa inshingano zabo zo kwita ku bana hagamijwe guca ubuzererezi ndetse no kujya bajyana abana bose ku ishuri. Ibi byakozwe nyuma y’uko abana batagejeje ku myaka y’ubukure bazaga mu [...]
Rwanda | Nyamagabe: Abagore biyemeje gufata iya mbere mu guhangana n’imihindagurikire y’ikirere.
Abagore bahagarariye abandi mu nama y’igihugu y’abagore mu karere ka Nyamagabe batangaza ko bafite imbaraga n’ubushake mu guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ikirere. Ibi aba bagore basaga 40 ku rwego rw’akarere n’imirenge, babitangaje nyuma y’ibiganiro by’iminsi ibiri kuva tariki ya 30 kugeza 31/01/2013, byateguwe ku bufatanye bw’ikigo cy’Igihugu cyita ku bidukikije (REMA) n’inama y’igihugu y’abagore mu Rwanda. [...]
Rwanda | Nyamagabe: Kubaka ubushobozi bw’abana b’abakobwa byagira uruhare mu guhangana naba “Sugar daddy”
Umuryango Tuvuge Twiyubaka ufite icyicaro mu karere ka Nyamagabe uravuga ko wahisemo gufasha abana b’abakobwa gutangira imishinga yo kwiteza imbere nyuma yo kubona ko abashuka abana b’abakobwa bamenyerewe ku izina rya “SUGAR DADDY” bahera ku mikoro make yabo. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa gatanu tariki ya 04/01/2013 uyu muryango watangije amahugurwa y’iminsi ibiri [...]
Rwanda | Nyamagabe: Umugore ukora akazi ko kugosora imyaka arashimira inka yahawe yo kumwunganira.
Umugore witwa Mukankuriza Dancille wo mu murenge wa cyanika mu karere ka nyamagabe ukora akazi ko kugosora imyaka muri santere ya Miko, arashimira ubuyobozi bw’igihugu inka yahawe ngo kuko asanga izagira uruhare rufatika mu kuzamurira imibereho ye. Uyu mukecuru usanzwe yinjiza amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu ku kwezi muri aka kazi ke afatanya no guhinga, [...]
Rwanda | Nyamagabe: cooperatives get cows as they celebrate rural woman’s day
Cooperatives with the majority women were given cows in a way of developing rural women during the celebrations of the International Day for Rural Woman on this Monday the 15th.Oct.2012. About 36 cows were given out to support the women by the Women Network that fight for the development of the rural women (réseau des [...]
Rwanda | Nyamagabe: Amakoperative arimo abagore yahawe inka ku munsi w’umugore wo mu cyaro.
Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe abagore bo mu cyaro wizihijwe kuri uyu wa mbere tariki ya 15/10/2012, amakoperative yiganjemo abagore yo mu mirenge itandukanye yagenewe inka mu rwego rwo gushyigikira iterambere ry’abagore bo mu cyaro. Izi nka zigera kuri 36 zatanzwe n’isangano ry’abagore baharanira amajyambere y’icyaro (réseau des femmes) zikaba zahawe koperative [...]




