Abagore bagera kuri 56 bo mu karere ka Rusizi barakangurirwa kumenya Gutegura no gucunga neza imishinga ibabyarira inyungu, ibi babisabwe mumahugurwa y’iminsi 4 yateguwe na CNF ku rwego rw’Iguhugu ,mu rwego rwo kububakamo ubushobozi kugirango iterambere ribagereho muburyo bwihuse, kuba aba bagore bari guhugurwa kandi ngo bizabafasha muri gahunda ya hanga umurimo. ubwo twaganiraga n’aba [...]
Rutsiro : Kongere y’abagore yarebeye hamwe ibimaze kugerwaho n’ibiteganyijwe mu minsi iri imbere.
Abagore bahagarariye abandi mu nama y’igihugu y’abagore bahuriye mu nama rusange yateraniye ku cyicaro cy’akarere ka Rutsiro ikaba yarateguwe hagamijwe kureba aho bageze bashyira mu bikorwa ibyo biyemeje, bagaragaza n’ibyo bazakora mu minsi iri imbere. Twizeyemungu Donata uyobora inama y’igihugu y’abagore mu karere ka Rutsiro avuga ko ibyo bazakora, babinyujije mu mihigo basinyiye imbere y’umuyobozi [...]
Rwanda : ARBEF trains women on family planning, sexual relations
The Rwandan Association for the Promotion of Family Welfare (ARBEF) has prepared training for women in Ruganda, Gashari, Rubengera and Gishyita sectors in Karongi district meant to increase their knowledge on family planning, sexual relations and how to discuss with their children about their reproductive health. The vice president of ARBEF in the western province [...]
Rwanda | Karongi : ARBEF yahuguye abagore ku kuboneza urubyaro n’ubuzima bw’imyororokere
Ishyirahamwe nyarwanda riharanira imibereho myiza y’umuryango ( ARBEF) ryateguriye bamwe mu bagore bo mu mirenge ya Ruganda, Gashari, Rubengera na Gishyita yo mu karere ka Karongi amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro, ubumenyi ku bijyanye n’imikoreshereze myiza y’ibitsina, ndetse no kubashishikariza kuganiriza abana babo ibirebana n’ubuzima bw’imyororokere. Ayo mahugurwa y’iminsi ibiri yasojwe [...]
Rwanda : Abantu bakwiye gusobanukirwa ibihuha bivugwa ku miti yo kuboneza urubyaro
Imiti ikoreshwa mu kuboneza urubyaro ntivugwaho rumwe n’ abantu bayikoresha, kuko hari benshi bavuga ko iyo miti ishobora kuba yagira ingaruka mbi ku buzima bw’umuntu. Mu kiganiro na muganga Rutagengwa Alfred ukuriye ibitaro bya ADEPR Nyamata yasobanuye imikorere y’iyo miti mu mubiri w’umuntu. maze asobanura bimwe mu bihuha bivugwa ku miti yo kuboneza urubyaro. [...]

