Abana b’abakobwa bagomba guharanira kwerekana ko bashoboye cyane ko banafite ingero bakwigiraho z’abagore bari mu myanya y’ubuyobozi mu Rwanda. Ibi kandi ngo n’ababyeyi bagomba kubibafashamo babaha uburere bukwiye nkuko Minisitiri Mukantabana Seraphine uyobora Minisiteri y’imicungire y’ibiza no no gucyura impunzi yabibasabye, mu muhango wo guhemba INKUBITO Z’ICYEZA 35 na ba Malayika MULINZI 6 bo mu [...]
Bugesera : Abagore bavuga ko gahunda za Leta zibafasha kwiteza imbere
Abagore bo mu karere ka Bugesera baratangaza ko gahunda za leta zitandukanye zibafasha kwiteza imbere zabagezeho bihagije kandi ko imibereho yabo yahindutse myiza ku buryo bugaragara ugereranyije n’imyaka yashize. Izo gahunda abo bagore bavuga ni nka politiki ya leta y’uburinganire bw’umugore n’umugabo, koroherezwa kubona inguzanyo mu bigo by’imari n’amabanki, guhabwa ijambo n’uruhare mu mirimo ibafasha [...]
GISAGARA: GUHA AGACIRO ABATEGARUGORI BYAZAMUYE ITERAMBERE
Mbere umutegarugori yaheraga mu gikari, ntagere hanze ngo amenye icyo ahandi baganiriye ku iterambere, umugabo akaba ariwe ujya gushaka ibibatunga akenshi bagahora batanyuzwe kuberako amaboko y’umuntu umwe atabasha kubaha ibyo bifuza ndetse n’iterambere ry’urugo rikadindira. Aho umugore aherewe agaciro abo mu karere ka Gisagara babona hari ibyahindutse mu iterambere ryigira imbere. Nyinawumuntu Christine umutegerugori wo [...]
Rulindo muri uku kwezi kwahariwe umugore abagore baravuga ko barimo basobanukirwa neza n’ uburinganire mu ngo zabo
Bamwe mu bagore bo mu karere ka Rulindo ,ngo basanga uburinganire mu ngo ari ikintu cy’ingenzi gishobora gutuma abagize umuryango bashobora kubana neza mu mahoro. Kuri aba bagore ngo uburinganire ni ukuba umugore n’umugabo bashobora kuzuzanya bafatanya mu birebane no kwiyubakira urugo rwabo ngo baruteze imbere. Bavuga ko iyo umugore n’umugabo bashyize hamwe bagakora, biri [...]
Ntibisanzwe: bamwe mu abagore b’abanyarwandakazi banenga bagenzi babo babyaye abana benshi
Mu gihe bamwe mu banyarwanda n’abanyarwandakazi batumvaga neza inama bahabwa zo kuringaniza urubyaro, kubera gutsimbarara kumahame ajyanye n’amadini cyangwa imyumvire yabo bwite, ubu bamwe mubanyarwandakazi harimo n’abatuye icyaro usanga banenga bagenzi babo bakibyara abana benshi. Kuri uyu wa 7 Mutarama,2013 abagore 4 bo mu mirenge ya Hindiro na Matyazo mu karere ka Ngororero, bari mu [...]
Rwanda | GISAGARA: SAVE BAVUGA KO PRO-FEMMES YABAFASHIJE KUBANA NEZA
Abanyarwanda bakwiye gukomeza kwifatanya mu bikorwa byo kwiteza imbere kuko byagaragaye ko iterambere ari kimwe mu bituma ubumwe n’ubwiyunge bugerwaho. Ibi n’ibitangzwa n’abatuye umurenge wa Save nyuma yo kubona ibyo bagezeho babikesha umushinga w’ubumwe n’ubwiyunge Pro-Femmes TWESE HAMWE watewe inkunga na International Alert. Uyu mushinga wagiye uhuza amatsinda atandukanye, yibumbiyemo abarokotse Jenoside, abasezerewe ku rugerero, [...]
RWANDA | RUSIZI: BARASABWA KWITA K’ UBUREZI BUFITE IREME KU MWANA W’UMUKOBWA
Kumva ko buri wese biri mu nshingano ze kugira uruhare mu gukuraho inzitizi izo ari zo zose zadindindiza uburezi bufite ireme bw’umwana w’umukobwa,guha amahirwe angana mu myigire y’abana b’abahungu n’iy’abakobwa,gukangurira abana b’abakobwa kureka kwitinya no gutinyuka amasomo cyane cyane agendanye n’ikoranabuhanga,ibi ni bimwe mu byaganiriweho n’abakozi b’umuryango utegamiye kuri Leta ,Plan International Rwanda, nyuma yo [...]
Mu majyepfo abafatanyabikorwa ba MIGEPROF biyemeje gukomeza kuzamura imibereho y’umugore wo mu cyaro
Tariki 17/05/2012 mu nama nyunguranabitekerezo y’umunsi umwe yahuje minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango( MIGEPROF) hamwe n’abafatanyabikorwa bayo bo mu Ntara y’amajyepfo mu nzu mberabyombi y’ishuli ryisumbuye rya Nyanza yasojwe biyemeje gukomeza kuzamura by’umwihariko imibereho myiza y’umugore wo mu cyaro. Nk’uko byagarutsweho n’abari muri iyo nama kugira ngo ibyo bigerweho abagore bagomba gushishikarizwa kurushaho gutinyuka kujya muri [...]
Rwanda : Abagore twese leta yaduhaye ikibuga n umupira, ahasigaye ni ahacu gukina no gutsinda ibitego-Guverineri w Iburasirazuba
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Uwamariya Odette arasaba Abayisilamukazi n’Abanyarwandakazi muri rusange guhaguruka bakabyaza inyungu amahirwe menshi leta y’u Rwanda ibaha mu buzima bwa buri munsi. Mu muhango wo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’abagore wabereye i Rwamaganatariki 27/3/2012, Abayisilamukazi bamuritse bimwe mu bikorwa by’iterambere bamaze kwigezaho binyuze mu makoperative y’abagore, aho abayisilamukazi bafatanya na bagenzi babo mu [...]
Rwanda : Umunyamabanga wa leta muri MINENFRA arasaba abakobwa kwihesha agaciro birinda kwakira impano bashukishwa
Ubwo ku itariki 11/03/2012 umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ibikorwaremezo Madame Isumbingabo Emma Francoise yitabiraga umuhango wo guhemba abana b’abakobwa babaye aba mbere mu bizamini bya leta bisoza amashuli abanza, icyiciro rusange n’ayisumbuye hiyongereyeho na ba Malaika Murinzi bo mu turere twa Nyanza, Huye na Gisagara mu Ntara y’Amajyepfo yasabye abakobwa kutakira impano [...]

