Ishyirahamwe ryitwa Dushishoze ry’abagore n’abakobwa bahoze bakora uburaya mu karere ka Kayonza, riri gukangurira abakobwa n’abagore bagikora uburaya muri ako karere kubuvamo. Ni nyuma y’aho abo bagore bigishijwe n’imiryango itandukanye ifite kurwanya SIDA mu nshingano za yo. N’ubwo abo bagore n’abakobwa bamaze imyaka myinshi bakora uburaya, bavuga ko nta nyungu babubonyemo, iyo ikaba ariyo mpamvu [...]
Rwanda : Ubukene ntibukwiye kuba intandaro yo kwiyandarika-Hon Mukakanyamugenga
Depite Mukakanyarugenga Jacqueline arasaba abakobwa n’abagore kutitwaza ubukene ngo bumve ko bakwiye kwiyandarika kuko atariwo muti wabwo. Ibi uyu mudepite yabitangarije mu nama yagiranye n’abagore bari mu nzego zifata ibyemezo mu karere ka Muhanga yabaye kuri uyu wa 24/09/2012. Avuga ko hari abakobwa batari bake kimwe na bamwe mu bagore bitwaza ko bafite ubukene bagashukwa [...]
Rwanda : Rutsiro: Biyemeje kureka umwuga w uburaya bakibumbira mu mashyirahamwe abafasha kwiteza imbere.
Bamwe mu bagore bakoraga umwuga w’uburaya bo mu murenge wa Mushubati akarere ka Rutsiro, babifashijwemo n’umuryango wa Handicap International kuri ubu ngo biyemeje kureka umwuga w’uburaya bakoraga bakibumbira mu matsinda, kugirango biteze imbere, ngo bakaba bahisemo gufata iki cyemezo nyuma y’aho bamaze kubonako uyumwuga udakiza uwukora. Aba bagore biganjemo abari mu kigero kiri munsi y’imyaka [...]
Rwanda | Ngororero: Ngo abakora umwuga w uburaya bahungiye ubwayi mu kigunda
Akenshi iyo ubajije abantu bakora umurimo w’uburaya nk’akazi kabo ka buri munsi impamvu yabibateye kandi bose bazi ko ari ibintu bibi bigira n’ingaruka mbi nyinshi ku buzima bwabo, ntibabura impamvu zirimo ubukene, ubupfubyi, gutotezwa mu miryango n’ibindi, maze bagahitamo kuza kwiberaho muri ubwo buzima ngo bakemure ibibazo byabo. Nubwo umujyi wa Ngororero ari umujyi mutoya [...]
Rwanda : Abenshi mu bakora umwuga wuburaya muri Gisenyi ntibarengeje 18
Umujyi wa Gisenyi ukomeje kurangwamo abakobwa bari munsi y’imyaka 18 y’amavuko bareka amashuri bakigira gukora umwuga w’uburaya bashaka amafaranga aho benshi babyara bakiri bato abandi bakandura agakoko gatera SIDA. Ibi bamwe bakeka ko biterwa n’uburere budahagije bahabwa mu miryango, ubukene, kuba aka gace kegereye Kongo, no gukunda amafaranga kwa bamwe kuko hari bamwe muri abo [...]


