Tag Archives: Rwanda prostitution

Rwanda | Kayonza: Abahoze bakora uburaya mu rugamba rwo gushishikariza abakiri mu buraya kubuvamo

Rwanda : Kayonza Abahoze bakora

Ishyirahamwe ryitwa Dushishoze ry’abagore n’abakobwa bahoze bakora uburaya mu karere ka Kayonza, riri gukangurira abakobwa n’abagore bagikora uburaya muri ako karere kubuvamo. Ni nyuma y’aho abo bagore bigishijwe n’imiryango itandukanye ifite kurwanya SIDA mu nshingano za yo. N’ubwo abo bagore n’abakobwa bamaze imyaka myinshi bakora uburaya, bavuga ko nta nyungu babubonyemo, iyo ikaba ariyo mpamvu [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Ubukene ntibukwiye kuba intandaro yo kwiyandarika-Hon Mukakanyamugenga

Depite Mukakanyarugenga Jacqueline arasaba abakobwa n’abagore kutitwaza ubukene ngo bumve ko bakwiye kwiyandarika kuko atariwo muti wabwo. Ibi uyu mudepite yabitangarije mu nama yagiranye n’abagore bari mu nzego zifata ibyemezo mu karere ka Muhanga yabaye kuri uyu wa 24/09/2012. Avuga ko hari abakobwa batari bake kimwe na bamwe mu bagore bitwaza ko bafite ubukene bagashukwa [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Rutsiro: Biyemeje kureka umwuga w uburaya bakibumbira mu mashyirahamwe abafasha kwiteza imbere.

Rwanda : Rutsiro Biyemeje kureka umwuga - Copy

Bamwe mu bagore bakoraga umwuga w’uburaya bo mu murenge wa Mushubati akarere ka Rutsiro, babifashijwemo n’umuryango wa Handicap International kuri ubu ngo biyemeje kureka umwuga w’uburaya bakoraga bakibumbira mu matsinda, kugirango biteze imbere, ngo bakaba bahisemo gufata iki cyemezo nyuma y’aho bamaze kubonako uyumwuga udakiza uwukora. Aba bagore biganjemo abari mu kigero kiri munsi y’imyaka [...]

Read More 0 Comments

Rwanda | Ngororero: Ngo abakora umwuga w uburaya bahungiye ubwayi mu kigunda

Akenshi iyo ubajije abantu bakora umurimo w’uburaya nk’akazi kabo ka buri munsi impamvu yabibateye kandi bose bazi ko ari ibintu bibi bigira n’ingaruka mbi nyinshi ku buzima bwabo, ntibabura impamvu zirimo ubukene, ubupfubyi, gutotezwa mu miryango n’ibindi, maze bagahitamo kuza kwiberaho muri ubwo buzima ngo bakemure ibibazo byabo. Nubwo umujyi wa Ngororero ari umujyi mutoya [...]

Read More 0 Comments

Rwanda : Abenshi mu bakora umwuga wuburaya muri Gisenyi ntibarengeje 18

Umujyi wa Gisenyi ukomeje kurangwamo abakobwa bari munsi y’imyaka 18 y’amavuko bareka amashuri bakigira gukora umwuga w’uburaya bashaka amafaranga aho benshi babyara bakiri bato abandi bakandura agakoko gatera SIDA. Ibi bamwe bakeka ko biterwa n’uburere budahagije bahabwa mu miryango, ubukene, kuba aka gace kegereye Kongo, no gukunda amafaranga kwa bamwe kuko hari bamwe muri abo [...]

Read More 0 Comments

Women’s hope reviving through sowing & knitting training

Fifty two underprivileged young women and girls are attending three-month training in sowing and knitting conducted by ‘Rise to Shine’ [...]

Gatsibo: Bikuye mu bukene babikesha kwibumbira hamwe mu mashyirahamwe

Abibumbiye mu mashyirahamwe Izere Ukore ikora ubukorikori na COPROCHA ihinga ibihumyo, agizwe n’abagore b’abapfakazi rikorera mu Murenge wa Kiramuruzi, Akarere [...]

Nyamirama: Abagore bakorana na SOS barashishikariza bagenzi babo kwitabira imyuga y’ubukorikori aho guhora bateze amaboko

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga y’ubukorikori. Ibyo ngo byatuma baca ukubiri no guhora bateze amaboko nk’uko bivugwa na Mutegwamaso Doroteya wo muri koperative ikigo cya SOS gitera inkunga.

Abagore bakorana n’ikigo cya SOS mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza barashishikariza bagenzi babo kwibumbira hamwe bakiga imyuga [...]

Rulindo: District donates cows to women coffee growers

Rulindo district administration has donated cows to the women coffee growers who embarked on improving coffee production in Rulindo district. [...]

Number of Women employees in health sector surpasses men

According to the gender statistics published by the National Institute of Statistics of Rwanda [NSIR], it was noted that more [...]

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Rulindo: abagore bahinga ikawa bahawe inka

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 14 z’ukwa gatanu, 2013 mu mirenge  itandukanye mu karere ka Rulindo habereye igikorwa cyo [...]