Abagore 300 bo mu karere ka Rutsiro baratangaza ko ubusanzwe bateguraga imishinga mito mito, ariko bakaba bamaze gusobanukirwa n’uburyo bwo gutegura imishinga minini, ndetse bakaba bagiye kujya baka inguzanyo zitubutse kugira ngo imishinga yabo igirire akamaro abaturage benshi. Ibi babivuze nyuma y’amahugurwa y’icyumweru bateguriwe n’akarere ka Rutsiro ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB). Abo [...]
Burera: Illiteracy, limitation to women development
The development of women in Burera District of the Northern Province of Rwanda is still limited by women who do not know how to read and write says the coordinator of National Women Council (CNF). This, the coordinator Leonie Mujawayezu said during the celebrations of the International Women’s’ Day on Friday the 8th.March.2013. “Our only [...]
Rutsiro : Minisitiri Kamanzi yibukije abagore ko bafite inshingano zo kwita ku isuku y’ibikorwa by’iterambere leta ibagezaho
Mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagore ku rwego rw’akarere ka Rutsiro wabaye tariki 08/03/2013 bamwe mu bagore bashimiye ubuyobozi kubera gahunda zitandukanye z’iterambere leta y’u Rwanda idahwema kubagezaho. Umwe mu bagore barata ibyiza leta y’u Rwanda yabagejejeho ni umugore witwa Mukandutiye Beata utuye mu kagari ka Remera mu murenge wa Boneza mu karere ka [...]
Burera: Iterambere ry’umugore ribangamiwe n’uko hari bamwe batazi gusoma
Umuhuzabikorwa w’inama y’igihugu y’abagore mu karere ka Burera, atangaza ko iterambere ry’umugore muri ako karere rikibangamiwe nuko hari bamwe bataramenya gusoma no kwandika kuburyo bituma badatera imbere kurushaho. Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’umugore mu karere ka Burera, kuri uyu wa gatanu, tariki ya 08/03/2013, Mujawayezu Leonie yavuze ko bagiye gushyira ingufu mu gushishiraza abagore kugana [...]
Rutsiro : Kongere y’abagore yarebeye hamwe ibimaze kugerwaho n’ibiteganyijwe mu minsi iri imbere.
Abagore bahagarariye abandi mu nama y’igihugu y’abagore bahuriye mu nama rusange yateraniye ku cyicaro cy’akarere ka Rutsiro ikaba yarateguwe hagamijwe kureba aho bageze bashyira mu bikorwa ibyo biyemeje, bagaragaza n’ibyo bazakora mu minsi iri imbere. Twizeyemungu Donata uyobora inama y’igihugu y’abagore mu karere ka Rutsiro avuga ko ibyo bazakora, babinyujije mu mihigo basinyiye imbere y’umuyobozi [...]




