Ishyirahamwe ryitwa Dushishoze ry’abagore n’abakobwa bahoze bakora uburaya mu karere ka Kayonza, riri gukangurira abakobwa n’abagore bagikora uburaya muri ako karere kubuvamo. Ni nyuma y’aho abo bagore bigishijwe n’imiryango itandukanye ifite kurwanya SIDA mu nshingano za yo. N’ubwo abo bagore n’abakobwa bamaze imyaka myinshi bakora uburaya, bavuga ko nta nyungu babubonyemo, iyo ikaba ariyo mpamvu [...]
Rwanda : Muhanga district celebrates girl child day as one girl testifies her heroic life
Nyiracumi was impregnated at a young age of 19 years during her secondary school, after the man who made her pregnant denied her pregnancy and her family turned their back on her she moved on with her life and developed herself. Nyiracumi a resident of Muhanga district told her life story on the 11th.Oct.2012 [...]
Rwanda : Nubwo yatewe inda akiri umwana bakanamwihakana yarabirenze yiteza imbere
Kuri ubu Nyiracumi wo mu karere ka Muhanga ni umukobwa watewe inda akiga mu mashuri yisumbuye, ubwo yari afite imyaka 19. Nyuma y’uko uwamuteye inda n’umuryango we bamutereranye yahisemo kubirenga akiteza imbere. Ibi akaba yabitangaje kuri iyi tariki ya 10/11/2012, ubwo mu Rwanda ndetse no ku isi yose bizihizaga umunsi wahariwe umwana w’umukobwa. Hari mu [...]
Rwanda : Kwirukana abakobwa babyaye ni ukubashora mu buraya
Umubare w’abana b’abakobwa babyara batarashaka kuri iki gihe ugenda wiyongera, ku buryo hasigaye haboneka n’abakiga mu mashuri abanza babyara. Ikibabaje ni uko ababyeyi batabasha kwihanganira abana babo, bakabirukana mu rugo. Ese kubirukana si uburyo bwo kubashora mu buraya? Ubwabyo se si ukubahohotera? Izi mpungenge zagaragajwe na Madamu Jeanne Nyirakamana, umwe mu bagize njyanama y’Akarere ka [...]


