Nyagatare: Kuba hari ibyahindutse mu muco nko guhabwa umunani no kwiga ku mwana w’umukobwa bitanga icyizere ko ihohoterwa rikorerwa abagore rizaranduka burundu. Ibi ni ibyatangajwe na Gikoko Jane uhagarariye inama nkuru y’abagore mu karere ka Nyagatare ni mu muhango wo gusoza iminsi 16 yahariwe kurandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Muri uyu muhango kandi Imiryango 29 [...]
Rwanda : Kuba mu turere hataba umukozi ushinzwe abagore byumwihariko bidindiza gahunda zabo
Abagize inama rusange ya congres y’inama y’igihugu y’abagore (CNF) yabereye mu karere ka Muhanga ho mu ntara y’Amajyepfo basanga kuba mu turere nta mwanya w’umuntu ushinzwe by’umwihariko kurebana n’ibibazo by’abagore, ngo bidindiza iterambere ryabo. Uwumuremyi Marie Claire, umuhuzabikorwa wa CNF mu ntara y’Amajyepfo avuga ko mu turere hari umuntu ushinzwe ubwuzuzanye n’uburinganire bw’umugabo n’umugore ariko [...]

